Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Etage Ya Cyenda Ya ECOBANK Yahiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Etage Ya Cyenda Ya ECOBANK Yahiye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 October 2023 12:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi y’u Rwanda ivuga ko hari inkongi yadutse muri Banki yitwa ECOBANK iri mu Karere ka Nyarugenge, rwagati mu Mujyi wa Kigali. Iyo nkongi yaje kuzima.

Inkongi yadutse muri etage ya cyenda ariko kugeza ubu ntiharabarurwa ibyangiritse n’icyaba cyateye iyo nkongi nk’uko Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissionner of Police( ACP) Boniface Rutikanga yabibwiye Taarifa.rw.

ACP Rutikanga avuga ko impamvu zateye iyi nkongi zitaramenyakana ariko ashima ko umuriro wahagaze utagera n’ahandi.

Hashize igihe runaka Polisi y’u Rwanda ikora ubukangurambaga bwo kwirinda ibitera inkongi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ni ubukangurambaga bwageze henshi mu Rwanda ndetse no mu bigo by’amashuri.

ACP Boniface Rutikanga

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda avuga ko buriya bukangurambaga bwatanze umusaruro runaka mu gukumira inkongi, ariko akavuga ko kwigisha ari uguhozaho kandi ko hari byinshi byatuma inkongi yaduka.

TAGGED:BonifacefeaturedInkongiPolisiRutikanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Producer Chrisy Neat Yasubiyemo Indirimbo Ya Rugamba Cyprien
Next Article Kazungu Denis ‘Ashobora’ Kongererwa Indi Minsi 30 Y’Igifungo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?