Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Etage Ya Cyenda Ya ECOBANK Yahiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Etage Ya Cyenda Ya ECOBANK Yahiye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 October 2023 12:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi y’u Rwanda ivuga ko hari inkongi yadutse muri Banki yitwa ECOBANK iri mu Karere ka Nyarugenge, rwagati mu Mujyi wa Kigali. Iyo nkongi yaje kuzima.

Inkongi yadutse muri etage ya cyenda ariko kugeza ubu ntiharabarurwa ibyangiritse n’icyaba cyateye iyo nkongi nk’uko Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissionner of Police( ACP) Boniface Rutikanga yabibwiye Taarifa.rw.

ACP Rutikanga avuga ko impamvu zateye iyi nkongi zitaramenyakana ariko ashima ko umuriro wahagaze utagera n’ahandi.

Hashize igihe runaka Polisi y’u Rwanda ikora ubukangurambaga bwo kwirinda ibitera inkongi.

Ni ubukangurambaga bwageze henshi mu Rwanda ndetse no mu bigo by’amashuri.

ACP Boniface Rutikanga

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda avuga ko buriya bukangurambaga bwatanze umusaruro runaka mu gukumira inkongi, ariko akavuga ko kwigisha ari uguhozaho kandi ko hari byinshi byatuma inkongi yaduka.

TAGGED:BonifacefeaturedInkongiPolisiRutikanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Producer Chrisy Neat Yasubiyemo Indirimbo Ya Rugamba Cyprien
Next Article Kazungu Denis ‘Ashobora’ Kongererwa Indi Minsi 30 Y’Igifungo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?