Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Etage Ya Cyenda Ya ECOBANK Yahiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Etage Ya Cyenda Ya ECOBANK Yahiye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 October 2023 12:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi y’u Rwanda ivuga ko hari inkongi yadutse muri Banki yitwa ECOBANK iri mu Karere ka Nyarugenge, rwagati mu Mujyi wa Kigali. Iyo nkongi yaje kuzima.

Inkongi yadutse muri etage ya cyenda ariko kugeza ubu ntiharabarurwa ibyangiritse n’icyaba cyateye iyo nkongi nk’uko Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissionner of Police( ACP) Boniface Rutikanga yabibwiye Taarifa.rw.

ACP Rutikanga avuga ko impamvu zateye iyi nkongi zitaramenyakana ariko ashima ko umuriro wahagaze utagera n’ahandi.

Hashize igihe runaka Polisi y’u Rwanda ikora ubukangurambaga bwo kwirinda ibitera inkongi.

Ni ubukangurambaga bwageze henshi mu Rwanda ndetse no mu bigo by’amashuri.

ACP Boniface Rutikanga

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda avuga ko buriya bukangurambaga bwatanze umusaruro runaka mu gukumira inkongi, ariko akavuga ko kwigisha ari uguhozaho kandi ko hari byinshi byatuma inkongi yaduka.

TAGGED:BonifacefeaturedInkongiPolisiRutikanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Producer Chrisy Neat Yasubiyemo Indirimbo Ya Rugamba Cyprien
Next Article Kazungu Denis ‘Ashobora’ Kongererwa Indi Minsi 30 Y’Igifungo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?