Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FERWABA Yifurije Iruhuko Ridashira Umutoza Wa Patriots BBC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

FERWABA Yifurije Iruhuko Ridashira Umutoza Wa Patriots BBC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 January 2022 9:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda, FERWABA, ryifurije iruhuko ridashira Richard Karimba wari umutoza mukuru wa Patriots Basketball Club uherutse kwitaba Imana.

Ubutumwa bwa FERWABA buragira buti: “ FERWABA ibabajwe cyane n’urupfu rwa Richard Karimba, umwe mu nkingi za mwamba zashinze Ikipe Patriots BBC. Twifatanyije mu kababaro n’abo mu muryango we n’inshuti, Roho ye iruhukire mu mahoro.”

Rest in Peace Mr. Richard Karimba. pic.twitter.com/bzgpWNPlQz

— FERWABA 🏀🇷🇼 (@ferwabaRW) January 2, 2022

Inkuru y’urupfu rwa Richard Karimba yamenyekanye ku Bunani.

Nyuma y’igihe gito nibwo ubuyobozi bw’ikipe ya Patriots BBC bwameje ko Karimba yitabye Imana.

Yari amaze igihe kinini arwaye cancer tutaramenya ubwoko bwayo.

Nyuma y’uko urupfu rwe rumenyekanye, abantu benshi kuri Twitter bagaragaje ko bababajwe narwo

TAGGED:featuredFERWABAImanaKarimbaPatriots
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Ndayishimiye Yashyize Mu Kiruhuko Ba Jenerali 5 Na Ba Colonel 29
Next Article Urukiko Rwitambitse Icyemezo Cyo Kwirukana Abanyarwanda Umunani Muri Niger
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?