Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FPR- Inkotanyi Igiye Kubaka Ingoro Igezweho Mu Burasirazuba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

FPR- Inkotanyi Igiye Kubaka Ingoro Igezweho Mu Burasirazuba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 November 2022 10:13 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi bamaze gukusanya igice cya mbere y’ingengo y’imari yose hamwe ya Miliyari Frw 2 izakoreshwa mu kubaka icyicaro cy’uyu Muryango mu Ntara y’i Burasirazuba.

Ku ikubitiro bakusanyije Miliyoni Frw 300.

Icyicaro cy’uyu Muryango cyatangiye kubakwa mu Karere ka Rwamagana.

Buri kwezi abanyamuryango  ba FPR-Inkotanyi batanga byibura Miliyoni Frw 10, intego ikaba ari iy’uko ariya mafaranga biyemeje bazayageraho ku gihe nyacyo.

Icyakora bavuga ko hagomba kongerwa umubare w’amafaranga atangwa kandi akajya atangwa vuba kugira ngo igikorwa cyihute.

Mu nama y’abanyamuryango iheruka kuba mu mpera z’Icyumweru gishize, abanyamuryango bemeranyije ko gutanga uriya musanzu bikwiye kwihutishwa.

Igishushanyo cyerekana uko iriya ngoro izaba iteye

Umuhuzabikorwa w’Umuryango FPR –Inkotanyi mu Ntara y’i Burasirazuba witwa Marie Grace Sandra Musabwasoni yashimye abitabiriye iriya nama, ababwira ko umuhati wabo utazaba impfabusa kandi ko ingoro y’Umuryango bagiye kubaka izaba igezweho

Yabwiye The New Times ati: “  Iyi ngoro niyuzura izaba ari icyicaro cy’Umuryango haba ku rwego rw’Intara ndetse no ku rwego rw’Uturere twose tw’iyi Ntara.”

Biteganyijwe ko iyo ngoro izatahwa taliki 04, Nyakanga, 2023 ubwo Abanyarwanda bazaba bizihiza umuntu wabo wo kwibohora.

TAGGED:BurasirazubafeaturedFPRInkotanyiIntaraKwibohora
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kicukiro: Umugabo Yiciwe Iwe, Umugore We Arabicyekwaho Uruhare
Next Article IBUKA Ifite Ubuyobozi Bushya Ku Rwego Rw’Igihugu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?