Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gabon Izinjira Muri Commonwealth Mu Nama Izabera Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Gabon Izinjira Muri Commonwealth Mu Nama Izabera Mu Rwanda

admin
Last updated: 12 May 2021 8:32 am
admin
Share
SHARE

Guverinoma ya Gabon iri mu biganiro n’Ubunyamabanga bw’Umuryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza, Commonwealth, harebwa niba yaba umunyamuryango mushya.

Ibyo biganiro byakomeje kuri uyu wa Kabiri hagati ya Perezida Ali Bongo Ondimba n’Umunyamabanga Mukuru wa Commonwealth, Patricia Scotland.

Bongo yanditse kuri Twitter ko nibishoboka, bizaba ari intambwe ikomeye kuri Gabon.

Yakomeje ati “Iyi ntego ihuriweho ishobora kuba impamo mu nama itaha ya Commonwealth izabera i Kigali.”

I had a warm and rich conversation with the Honorable @PScotlandCSG on Gabon’s possible integration into the @commonwealthsec. This would be a historical milestone for #Gabon !
This mutual goal could become a reality during the next #Commonwealth Summit in Kigali.#GabonForward pic.twitter.com/bsQ2WNmjSF

— Ali Bongo Ondimba (@PresidentABO) May 11, 2021

Inama y’abakuru b’ibihugu na Guverinoma bagize Commonwealth yagombaga kubera mu Rwanda ku wa 21-26 Kamena 2021, ariko iza kwimurwa kubera ubwandu bushya bwa Covid-19 bukomeje kwiyongera hirya no hino.

Ntabwo itariki nshya yari yemezwa.

Commonwealth igizwe b’ibihugu 54. U Rwanda nirwo ruheruka kwinjiramo vuba, mu 2009.

Watangiye ari umuryango w’ibihugu byakolonijwe n’u Bwongereza, ariko uza gufungurirwa ibihugu byose bibishaka.

TAGGED:Ali Bongo OndimbaCHOGM 2021COVID-19featuredGabon
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Banque Populaire Du Rwanda Igiye Kugurwa N’Iyo Muri Kenya
Next Article Kwibuka Imiryango Y’Abatutsi Yazimye Bigiye Kongera Gukorwa ‘Abantu Bateranye’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?