Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gabon Izinjira Muri Commonwealth Mu Nama Izabera Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Gabon Izinjira Muri Commonwealth Mu Nama Izabera Mu Rwanda

Last updated: 12 May 2021 8:32 am
Share
SHARE

Guverinoma ya Gabon iri mu biganiro n’Ubunyamabanga bw’Umuryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza, Commonwealth, harebwa niba yaba umunyamuryango mushya.

Ibyo biganiro byakomeje kuri uyu wa Kabiri hagati ya Perezida Ali Bongo Ondimba n’Umunyamabanga Mukuru wa Commonwealth, Patricia Scotland.

Bongo yanditse kuri Twitter ko nibishoboka, bizaba ari intambwe ikomeye kuri Gabon.

Yakomeje ati “Iyi ntego ihuriweho ishobora kuba impamo mu nama itaha ya Commonwealth izabera i Kigali.”

I had a warm and rich conversation with the Honorable @PScotlandCSG on Gabon’s possible integration into the @commonwealthsec. This would be a historical milestone for #Gabon !
This mutual goal could become a reality during the next #Commonwealth Summit in Kigali.#GabonForward pic.twitter.com/bsQ2WNmjSF

— Ali Bongo Ondimba (@PresidentABO) May 11, 2021

Inama y’abakuru b’ibihugu na Guverinoma bagize Commonwealth yagombaga kubera mu Rwanda ku wa 21-26 Kamena 2021, ariko iza kwimurwa kubera ubwandu bushya bwa Covid-19 bukomeje kwiyongera hirya no hino.

Ntabwo itariki nshya yari yemezwa.

Commonwealth igizwe b’ibihugu 54. U Rwanda nirwo ruheruka kwinjiramo vuba, mu 2009.

Watangiye ari umuryango w’ibihugu byakolonijwe n’u Bwongereza, ariko uza gufungurirwa ibihugu byose bibishaka.

TAGGED:Ali Bongo OndimbaCHOGM 2021COVID-19featuredGabon
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Banque Populaire Du Rwanda Igiye Kugurwa N’Iyo Muri Kenya
Next Article Kwibuka Imiryango Y’Abatutsi Yazimye Bigiye Kongera Gukorwa ‘Abantu Bateranye’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanya Eritrea Baba Muri Amerika Baje Gushora Mu Mikino Mu Rwanda

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

DRC: Bashyinguye Bundi Bushya Nyuma Y’Uko Imyuzure Ishenye Irimbi

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

RDB Yakoresheje Imibare Inyomoza Abanditse Ko Abanyamerika Bashora Mu Rwanda Bagabanutse

Abo YouTube Ihemba Bize Uko Ubwenge Buhangano Bwarushaho Kubungura

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Abanyarwanda Icyo Bakwiyemeza Nticyabananira- Maj Gen (Rtd) Jack Nziza

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Touadéra Uko RDF Yakomeza Imikoranire N’Ingabo Ze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Wa Centrafrique Ari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu mahanga

Vietnam: Imyuzure Yishe Abantu 90 Abandi 12 Baburirwa Irengero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Umuyobozi Wa Imbuto Foundation Hari Icyo Asaba Abato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?