Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: GAERG Yatoye Komite Nyobozi Nshya, Jean Pierre Nkuranga Aba Perezida
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

GAERG Yatoye Komite Nyobozi Nshya, Jean Pierre Nkuranga Aba Perezida

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 August 2022 6:29 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abanyamuryango bagize Umuryango w’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi barangije Kaminuza witwa GAERG, batoye abazayobora Manda itaha.  Jean Pierre Nkuranga niwe wabaye Perezida mushya w’uyu muryango.

Asimbuye Egide Gatari wari umaze imyaka ine awuyobora.

Nkuranga niwe wari uri ku rutonde wenyine wiyamamarije uyu mwanya kandi akaba yujuje ibisabwa.

Asanzwe aba muri Famille yitwa Uruyange.

Ku mwanya wa Visi Perezida hari uwitwa Léatitia Nyirazinyoye, we akaba asanzwe aba muri Famille yitwa Isheja.

Umunyamabanga mukuru w’uyu Muryango ni Bwana Emmanuel Nshimiyimana, asanzwe aba muri Famille yitwa Indangamirwa.

Emmanuel Nshimiyimana

Uyu mwanya yawuhataniraga na Jerome Iradukunda uba muri Famille yitwa Iminega.

Uwiyamamarije gushingwa umutungo yitwa Umubyeyi Justine akaba asanzwe aba muri Famille yitwa Ingenzi.

Basile Uwimana na Nkubiri Bucyibaruta Robert biyamamarije gushingwa ibikorwa byo kwibuka no gukumira Jenoside.

This morning, GAERG is gathering at UR-Gikondo Campus for a polling day of Board of Directors that will pilot GAERG within a mandate of 4 years. pic.twitter.com/nhbK111xko

— Genocide Survivors | GAERG (@GAERGRwanda) July 31, 2022

Uwimana Basile aba muri Famille yitwa Impeta n’aho Nkubiri B.Robert akaba muri Famille yitwa Umurage.

Abiyamamariza gushingwa iby’isanamitima n’ubudaheranwa ni Jean Nepomuscene Ntezimana wo muri Famille yitwa Inkindi.

Undi ni Nibarere Claudine wo muri Famille yitwa Umurinzi ndetse na Athanase Nsengiyumva wo muri Famille yitwa Sangwa.

Kagoyire Christine wo muri Famille yitwa Isheja niwe wenyine uri kwiyamamariza kuyobora ishami rya GAERG rishinzwe iterambere n’imibereho myiza.

Ibyavuye muri aya matora nibitangazwa turabimenyesha abasomyi …

TAGGED:AbanyeshurifeaturedGAERGJenoside
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article ‘Imana Yaremye Abaturage Nabo Barema Nyagatare’- Perezida Wa Sena Y’u Rwanda
Next Article Gasabo: Hafashwe Litiro 10,144 By’Inzoga Yitwa ‘Huguka’ Itujuje Ubuziranenge
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?