Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gakenke: Bavuga Ko Biteguye Ubukwe Bwo Gutora Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Gakenke: Bavuga Ko Biteguye Ubukwe Bwo Gutora Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 July 2024 11:45 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Bamwe mu batuye Umurenge wa Nemba mu Karere ka Gakenke babwiye Taarifa Rwanda ko ku wa Mbere bazazinduka bajya gutora Kagame.

Bisa n’aho bo nta wundi mukandida bazi.

Babivuze ubwo bari barimo bazamuka bagana aho Kagame ari bwiyamamarize ku kibuga gituranye n’ibitaro bya Nemba ahitwa Nyarutovu.

Umwe witwa Edouard Ndagijimana avuga ko saa Kenda zo mu rukerera yari yamaze kubyuba ngo hatagira umutanga kuri site.

Avuga ko ku wa Mbere taliki 15, Nyakanga, 2024 azazinduka birushijeho.

Ati: ” Ku wa Mbere nzazinduka cyane njye kwitabira ubukwe bwo kwitorera umuyobozi”.

Kuri site ya Nyarutove hateraniye abaturage baturutse hirya no hino mu Karere ka Gakenke no mu tundi turere bihana imbibi twa Rulindo, Burera, Gicumbi, na Musanze.

Abaturage ni benshi

Bavuga ko Kagame yabagejejeho byinshi bityo ko bazamutora bamushimira ko yabateje imbere.

TAGGED:featuredGakenkeKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwasabye Congo Brazzaville Gushyigikira Umukandida Warwo
Next Article Abanyarwanda Biteguye Gutora Neza-Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?