Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gakenke: Bavuga Ko Biteguye Ubukwe Bwo Gutora Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Gakenke: Bavuga Ko Biteguye Ubukwe Bwo Gutora Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 July 2024 11:45 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Bamwe mu batuye Umurenge wa Nemba mu Karere ka Gakenke babwiye Taarifa Rwanda ko ku wa Mbere bazazinduka bajya gutora Kagame.

Bisa n’aho bo nta wundi mukandida bazi.

Babivuze ubwo bari barimo bazamuka bagana aho Kagame ari bwiyamamarize ku kibuga gituranye n’ibitaro bya Nemba ahitwa Nyarutovu.

Umwe witwa Edouard Ndagijimana avuga ko saa Kenda zo mu rukerera yari yamaze kubyuba ngo hatagira umutanga kuri site.

Avuga ko ku wa Mbere taliki 15, Nyakanga, 2024 azazinduka birushijeho.

Ati: ” Ku wa Mbere nzazinduka cyane njye kwitabira ubukwe bwo kwitorera umuyobozi”.

Kuri site ya Nyarutove hateraniye abaturage baturutse hirya no hino mu Karere ka Gakenke no mu tundi turere bihana imbibi twa Rulindo, Burera, Gicumbi, na Musanze.

Abaturage ni benshi

Bavuga ko Kagame yabagejejeho byinshi bityo ko bazamutora bamushimira ko yabateje imbere.

TAGGED:featuredGakenkeKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwasabye Congo Brazzaville Gushyigikira Umukandida Warwo
Next Article Abanyarwanda Biteguye Gutora Neza-Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?