Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gasabo: Abasore 2 Bishe Uwakoraga Uburaya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gasabo: Abasore 2 Bishe Uwakoraga Uburaya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 February 2023 2:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abasore babiri bo mu Karere ka Gasabo bemeye ko bishe uwakoraga uburaya bamuziza ko yari yibye umwe muri bo Frw 3,000. Barangije kumwica bamushyira mu mufuka w’ibishingwe.

Byabereye mu Mudugudu wa Gisiza, Akagari ka Nyamabuye mu Murenge wa Gatsata.

Bari bakurikiranywe n’ubushinjacyaha ku Rwego rwisumbuye rwa Gasabo.

Icyaha bashinjwa bivugwa ko bagikoze taliki 02, Mutarama, 2023.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ubushinjacyaha bwavugaga ko abo basore bamaze kumwica bamushyira mu mufuka w’ibishingwe kugira ngo nibwira baze kumujugunya mu mugezi wa Yanze.

Nyuma yuko aya makuru amenyekanye, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwihutiye kuhagera rusanga nyakwigendera azingazingiye mu mufuka.

Ubwo ubushinjacyaha bwavugaga ko byo bwabonye bwa mbere mu isuzuma ry’ibimenyetso, bwabwiwe n’ubugenzacyaha ko bwasanze nyakwigendera yarasaga n’uwishwe kuko yari yirumye ururimi kandi nta myenda yari yambaye.

Abaturage bo muri kariya gace bavuga ko uriya mugore yakoraga uburaya kandi ngo icyo gihe yari yatahanye n’abo basore bakurikiranyweho kumwica.

TAGGED:featuredGasaboUburayaUbwicanyiUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Syria- Turikiya: Abantu 9,500 Babaruwe Ko Bishwe N’Umutingito
Next Article Davis D Yagonze Umumotari
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?