Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gasabo: Abatuye Kinyinya biguriye imbangukiragutabara
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gasabo: Abatuye Kinyinya biguriye imbangukiragutabara

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 November 2020 10:22 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Minisitiri Shyaka Anastase yashimiye abaturage bishakamo ibisubizo
SHARE

Imwe muri Politiki za Leta y’u Rwanda ni uko abaturage bishakamo ibisubizo. Ni muri uyu mujyo abatuye Umurenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo bakusanyije amafaranga bigurira imbangukiragutabara kugira ngo ifashe abarwayi kugera kwa muganga.

Minisitiri Shyaka Anastase yashimiye abaturage bishakamo ibisubizo

Umushyitsi mukuru mu muhango kwakira iriya mbangukiragutabara yari Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Prof Anastase Shyaka.

Minisitiri Shyaka yashimye abatuye uriya murenge kuko bagaragaje ubufatanye kugira ngo ibibazo byabo babibonere ibisubizo.

Ikindi cyagaragaye muri Gasabo ni uko umudugudu witwaye neza mu kwishakamo ibisubizo kurusha iyindi muri buri murenge wahawe igare ryo gufasha umukuru w’umudugudu.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umurenge wa Gikomero wahembwe moto kuko abawutuye batanze ubwisungane mu kwivuza ku kigero cya 100%

Akarere ka Gasabo gafite imirenge 15.

Taarifa Rwanda

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abacuruzi ba Sima mu Rwanda barangamiye isoko rya Kenya
Next Article U Rwanda ni urwa 6 mu bihugu by’Afurika yo munsi ya Sahara bifite abanyeshuri benshi muri USA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyoboza Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?