Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gasabo: Abatuye Kinyinya biguriye imbangukiragutabara
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gasabo: Abatuye Kinyinya biguriye imbangukiragutabara

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 November 2020 10:22 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Minisitiri Shyaka Anastase yashimiye abaturage bishakamo ibisubizo
SHARE

Imwe muri Politiki za Leta y’u Rwanda ni uko abaturage bishakamo ibisubizo. Ni muri uyu mujyo abatuye Umurenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo bakusanyije amafaranga bigurira imbangukiragutabara kugira ngo ifashe abarwayi kugera kwa muganga.

Minisitiri Shyaka Anastase yashimiye abaturage bishakamo ibisubizo

Umushyitsi mukuru mu muhango kwakira iriya mbangukiragutabara yari Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Prof Anastase Shyaka.

Minisitiri Shyaka yashimye abatuye uriya murenge kuko bagaragaje ubufatanye kugira ngo ibibazo byabo babibonere ibisubizo.

Ikindi cyagaragaye muri Gasabo ni uko umudugudu witwaye neza mu kwishakamo ibisubizo kurusha iyindi muri buri murenge wahawe igare ryo gufasha umukuru w’umudugudu.

Umurenge wa Gikomero wahembwe moto kuko abawutuye batanze ubwisungane mu kwivuza ku kigero cya 100%

Akarere ka Gasabo gafite imirenge 15.

Taarifa Rwanda

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abacuruzi ba Sima mu Rwanda barangamiye isoko rya Kenya
Next Article U Rwanda ni urwa 6 mu bihugu by’Afurika yo munsi ya Sahara bifite abanyeshuri benshi muri USA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Bafatanywe Amadolari Y’Amakorano

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Tchad: Hadutse Intambara

Dr. Mugemana Wavuraga Rayon Sports Yapfuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rwanda: Abakozi Ba Leta Basabwe Kwiga Ikoranabuhanga Ry’Ubwenge Buhangano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rusizi: Abajura Binjira Mu Bitaro Bakiba

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?