Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gasabo: Agakiriro Ka Gisozi Kongeye Gushya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gasabo: Agakiriro Ka Gisozi Kongeye Gushya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 May 2023 5:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru dukesha umwe mu bari ku Gisozi, avuga ko mu masaha ashyira umugoroba hari inkongi yadutse mu gice gituriye agakiriro ka Gisozi.

Ntituramenya mu by’ukuri ibyahiye uko bingana ariko uwaduhaye amakuru avuga ko hahiye matelas n’imbaho zari mu ibarizo.

Agace kahiye ni akari ahitwa APARWA mu gice cy’igishanga.

Ni mu kagari ka  Musezero, Umurenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo.

Umugabo witwa Gakwaya wageze aho aho uwo muriro wakongoraga ibintu, yatubwiye ko ari umuriro myinshi kandi ngo byagoye Polisi kugeza imodoka zizimya umuriro aho wakaga kubera ko nta muhanda mugari uhari.

Ati: “ Kugira ngo polisi ihagere byasaba ko uwo muriro ubanza kuzima kugira ngo imodoka zibone aho zica. Ni ibibatsi binini. Icyakora Polisi yo yahageze kare”.

Uyu muturage yatubwiye ko nta muntu kugeza ubu barumva wahiriyemo, ariko ngo urebye ubukana bw’umuriro wakwemera ko nta kintu kiri busigare ari kizima mu biri hafi aho byose.

Ni umuriro watangiye kugaragara ahagana saa kumi n’imwe z’umugoroba
Ibintu bike nibyo babashije gutabara

 

TAGGED:AgakirirofeaturedGisoziInkongi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muri Qatar Kagame Yaganiriye Na Benshi Ku Nyungu Z’u Rwanda
Next Article Abaturage Barasabwa Kugura Kizimyamwoto-Polisi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?