Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gasabo: Agakiriro Ka Gisozi Kongeye Gushya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gasabo: Agakiriro Ka Gisozi Kongeye Gushya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 May 2023 5:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru dukesha umwe mu bari ku Gisozi, avuga ko mu masaha ashyira umugoroba hari inkongi yadutse mu gice gituriye agakiriro ka Gisozi.

Ntituramenya mu by’ukuri ibyahiye uko bingana ariko uwaduhaye amakuru avuga ko hahiye matelas n’imbaho zari mu ibarizo.

Agace kahiye ni akari ahitwa APARWA mu gice cy’igishanga.

Ni mu kagari ka  Musezero, Umurenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo.

Umugabo witwa Gakwaya wageze aho aho uwo muriro wakongoraga ibintu, yatubwiye ko ari umuriro myinshi kandi ngo byagoye Polisi kugeza imodoka zizimya umuriro aho wakaga kubera ko nta muhanda mugari uhari.

Ati: “ Kugira ngo polisi ihagere byasaba ko uwo muriro ubanza kuzima kugira ngo imodoka zibone aho zica. Ni ibibatsi binini. Icyakora Polisi yo yahageze kare”.

Uyu muturage yatubwiye ko nta muntu kugeza ubu barumva wahiriyemo, ariko ngo urebye ubukana bw’umuriro wakwemera ko nta kintu kiri busigare ari kizima mu biri hafi aho byose.

Ni umuriro watangiye kugaragara ahagana saa kumi n’imwe z’umugoroba
Ibintu bike nibyo babashije gutabara

 

TAGGED:AgakirirofeaturedGisoziInkongi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muri Qatar Kagame Yaganiriye Na Benshi Ku Nyungu Z’u Rwanda
Next Article Abaturage Barasabwa Kugura Kizimyamwoto-Polisi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?