Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gasabo: Umugore Yatemye Umugabo We
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gasabo: Umugore Yatemye Umugabo We

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 February 2023 8:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Mudugudu wa Bisenga, Akagari ka Bisenga mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo haravugwa umugore watemye umugabo we amuziza ko umutungo awushyira umugore ‘mukuru.’

Uwo mugore uvugwaho icyo cyaha cyo gukubita no gukomeretsa yiwa Florance Nyirahire umugabo we yitwa Emmanuel Habimana.

Amakuru avuga ko uriya mugabo yari afite abagore babiri ariko yabanaga n’umugore mukuru  muto ari nawe uvugwaho kumutema.

Icyakora umugore muto avuga ko hari imitungo umugabo yashyiraga umugore mukuru, we akamwicisha umukeno.

Nyuma y’intonganya, uriya mugore yafashe umuhoro atema umugabo we akaboko.

Ubutabazi bw’imbangukiragutabara bwatabaye umugabo ajyanwa i Nyagasambu kuhavurirwa, umugore we agezwa mu bugenzacyaha.

Taarifa yahamagaye Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rusororo witwa Nsabimana Matabishi Desiréngo agire icyo atubwira kuri aya makuru ariko ntiyashoboye gufata telefoni ye.

Mu Murenge wa Rusororo niho byose byabereye

Hagati aho kandi muri uyu Murenge, ariko mu Kagari ka Mbandazi habereye impanuka yahitanye kigingi wari urimo apakira imodoka ibyuma ngo bijyanwe ku ishantiye aho bubaka umugozi babizirikishaga uza gucika bigwira shoferi na kigingi.

Babajyanye kwa muganga ariko shoferi aza kuhasiga ubuzima, kigingi ajya muri koma.

Ubwo twandikaga iyi nkuru yari akiri mu bitero bya Masaka aho ari kwitabwaho kuko ubuzima bwe buri ‘hagati y’urupfu n’umupfumu’.

TAGGED:AmakimbiraneGasaboImitungoUmugaboUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Musanze: Abarema Isoko Rya Karwasa Bafite Impungenge Zo Kuzagwa Mu Bwiherero Bwaryo
Next Article Perezida Kagame Yageneye Turikiya Na Syria Ubutumwa Bubihanganisha
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Thailand Ipfa Iki Na Cambodia?

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kigali: Yadukiriye Imodoka Ziparitse Mu Mujyi Azimena Ibirahure Atarobanura

Rwanda: Undi Mupolisi Yishwe N’Umuntu Wamugonze

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Umukobwa Wo Mu Ruhango Bamusanze Mu Cyumba Cy’Umusore Yapfuye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Abanyarwanda Bumve Ko Batekanye- ACP Rutikanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Musanze: Polisi Yabatunguye Bari Gukora Inzoga Zitemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Minisitiri W’Umutekano Asaba Abaturage Kuzirikana Ko Umutekano Ugira Ikiguzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Guverineri W’Intara y’Amajyaruguru Asaba Abaturage Kwitabira Gutera Ibiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?