Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gasabo: Umugore Yatemye Umugabo We
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gasabo: Umugore Yatemye Umugabo We

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 February 2023 8:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Mudugudu wa Bisenga, Akagari ka Bisenga mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo haravugwa umugore watemye umugabo we amuziza ko umutungo awushyira umugore ‘mukuru.’

Uwo mugore uvugwaho icyo cyaha cyo gukubita no gukomeretsa yiwa Florance Nyirahire umugabo we yitwa Emmanuel Habimana.

Amakuru avuga ko uriya mugabo yari afite abagore babiri ariko yabanaga n’umugore mukuru  muto ari nawe uvugwaho kumutema.

Icyakora umugore muto avuga ko hari imitungo umugabo yashyiraga umugore mukuru, we akamwicisha umukeno.

Nyuma y’intonganya, uriya mugore yafashe umuhoro atema umugabo we akaboko.

Ubutabazi bw’imbangukiragutabara bwatabaye umugabo ajyanwa i Nyagasambu kuhavurirwa, umugore we agezwa mu bugenzacyaha.

Taarifa yahamagaye Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rusororo witwa Nsabimana Matabishi Desiréngo agire icyo atubwira kuri aya makuru ariko ntiyashoboye gufata telefoni ye.

Mu Murenge wa Rusororo niho byose byabereye

Hagati aho kandi muri uyu Murenge, ariko mu Kagari ka Mbandazi habereye impanuka yahitanye kigingi wari urimo apakira imodoka ibyuma ngo bijyanwe ku ishantiye aho bubaka umugozi babizirikishaga uza gucika bigwira shoferi na kigingi.

Babajyanye kwa muganga ariko shoferi aza kuhasiga ubuzima, kigingi ajya muri koma.

Ubwo twandikaga iyi nkuru yari akiri mu bitero bya Masaka aho ari kwitabwaho kuko ubuzima bwe buri ‘hagati y’urupfu n’umupfumu’.

TAGGED:AmakimbiraneGasaboImitungoUmugaboUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Musanze: Abarema Isoko Rya Karwasa Bafite Impungenge Zo Kuzagwa Mu Bwiherero Bwaryo
Next Article Perezida Kagame Yageneye Turikiya Na Syria Ubutumwa Bubihanganisha
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Bafatanywe Amadolari Y’Amakorano

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Tchad: Hadutse Intambara

Dr. Mugemana Wavuraga Rayon Sports Yapfuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rwanda: Abakozi Ba Leta Basabwe Kwiga Ikoranabuhanga Ry’Ubwenge Buhangano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rusizi: Abajura Binjira Mu Bitaro Bakiba

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?