Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gasabo: Umugore Yatemye Umugabo We
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gasabo: Umugore Yatemye Umugabo We

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 February 2023 8:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Mudugudu wa Bisenga, Akagari ka Bisenga mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo haravugwa umugore watemye umugabo we amuziza ko umutungo awushyira umugore ‘mukuru.’

Uwo mugore uvugwaho icyo cyaha cyo gukubita no gukomeretsa yiwa Florance Nyirahire umugabo we yitwa Emmanuel Habimana.

Amakuru avuga ko uriya mugabo yari afite abagore babiri ariko yabanaga n’umugore mukuru  muto ari nawe uvugwaho kumutema.

Icyakora umugore muto avuga ko hari imitungo umugabo yashyiraga umugore mukuru, we akamwicisha umukeno.

Nyuma y’intonganya, uriya mugore yafashe umuhoro atema umugabo we akaboko.

Ubutabazi bw’imbangukiragutabara bwatabaye umugabo ajyanwa i Nyagasambu kuhavurirwa, umugore we agezwa mu bugenzacyaha.

Taarifa yahamagaye Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rusororo witwa Nsabimana Matabishi Desiréngo agire icyo atubwira kuri aya makuru ariko ntiyashoboye gufata telefoni ye.

Mu Murenge wa Rusororo niho byose byabereye

Hagati aho kandi muri uyu Murenge, ariko mu Kagari ka Mbandazi habereye impanuka yahitanye kigingi wari urimo apakira imodoka ibyuma ngo bijyanwe ku ishantiye aho bubaka umugozi babizirikishaga uza gucika bigwira shoferi na kigingi.

Babajyanye kwa muganga ariko shoferi aza kuhasiga ubuzima, kigingi ajya muri koma.

Ubwo twandikaga iyi nkuru yari akiri mu bitero bya Masaka aho ari kwitabwaho kuko ubuzima bwe buri ‘hagati y’urupfu n’umupfumu’.

TAGGED:AmakimbiraneGasaboImitungoUmugaboUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Musanze: Abarema Isoko Rya Karwasa Bafite Impungenge Zo Kuzagwa Mu Bwiherero Bwaryo
Next Article Perezida Kagame Yageneye Turikiya Na Syria Ubutumwa Bubihanganisha
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?