Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gasabo: Urukiko Rutegetse Ko Dubai N’Abo Bareganwa Bafungwa Iminsi 30 Y’Agateganyo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gasabo: Urukiko Rutegetse Ko Dubai N’Abo Bareganwa Bafungwa Iminsi 30 Y’Agateganyo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 May 2023 4:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rumaze gutegeka ko  Jean Nsabimana uzwi nka Dubai n’abo bareganwa barimo  Rwamulangwa Stephen, Mberabahizi Raymond Chretien na Nyirabihogo Jeanne d’Arc bafungwa iminsi 30 y’agateganyo.

Umucamanza yavuze ko hari hari ‘impamvu zikomeye’ zituma bakurikiranwaho ibyaha bakekwaho.

Ku rundi ruhande, urukiko rwategetse ko  Nkurikiyimfura Theopiste bareganwaga arekurwa ariko  ategekwa gutanga ingwate ya miliyoni Frw  3 akajya  no kujya yitaba ubushinjacyaha buri wa Gatanu mu gihe cy’amezi abiri.

Rwamulangwa, Mberabahizi na Nyirabihogo bigeze kuba abayobozi mu Karere ka Gasabo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Bashinjwa gukoresha ububasha bahabwaga n’itegeko mu nyungu zabo bwite mu mushinga wiswe Urukumbuzi Ltd wo kubaka inzu ziciriritse 300 mu Murenge wa Kinyinya.

Mu iburanisha ryabanje Ubushinjacyaha bwari bwabwiye urukiko ko mu mwaka wa  2013 Dubai yagiranye amasezerano n’Akarere ka Gasabo yo kubaka inzu ziciriritse 300, ariko  yubatse 120 zirimo esheshatu zigeretse.

Mu mwaka wa 2015 izi nzu zagenzuwe  n’Ikigo cy’igihugu cy’imyubakire, Rwanda Housing Authority cyerekana ko zitujuje ubuziranenge haba mu byuma byari bikoze inking n’imbaho zakoreshejwe bubaka.

Iki kibazo cyaje kugarukwaho na Perezida Kagame, bituma inzego zibihagurukira.

TAGGED:DubaifeaturedImiduguduKagameUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ramaphosa Arashaka Ko Afurika Ihuza Uburusiya Na Ukraine
Next Article DRC: Hemejwe Ko Kivu Y’Amajyaruguru Na Ituri Ziguma Mu Bihe Bidasanzwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?