Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gen Colin Powell Wayoboye Ingabo Za Amerika Muri Iraq Ya Saddam Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Gen Colin Powell Wayoboye Ingabo Za Amerika Muri Iraq Ya Saddam Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 October 2021 2:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Gen. Colin Powell, chairman of the U.S. Joint Chiefs of Staff, is seen in 1991. (AP Photo)
SHARE

Colin Powell wigeze kuba Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga  akaba yarayoboye n’ingabo z’Amerika muri Ntambara yo muri Iraq yishwe na Covid-19.

Niwe mwirabura wenyine wagiye ku mwanya wo kuba Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n’amahanga bwa mbere ariko nyuma ye haje na Condoleezza Rice.

Abo mu muryango wa Powell nibo batangarije kuri Facebook ko uriya musirikare mukuru yapfuye azize ingaruza za COVID-19.

Yari amaze imyaka 84 y’amavuko kandi abo mu muryango we babwiye ABC News ko uriya mugabo yari yarakingiwe inkingo zombi za COVID-19 ariko  biba nyuma yararangije kuyandura iramwangiza.

Yaguye mu bitaro byitwa Walter Reed National Medical Center.

Abagize umuryango we bashimye abo mu bitaro byamwitayeho kubera uruhare bagize ngo bamufashe n’ubwo bitabujije nyamunsi kumuhitana.

Powell niwe wari uyoboye ingabo za Amerika zagabye igitero muri Iraq ubwo yarwanaga ishaka kwigarurira Koweit.

Igitero Amerika yagabye muri muri Iraq cyaramamaye ku isi mu izina rya Desert Storm cyangwa Tempête du Desert..

TAGGED:CollinfeaturedIraqPowell
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Impunzi Zose Zabaga Mu Nkambi Ya Gihembe Zimuwe
Next Article Ingabo Z’U Rwanda Zakurikiranye Magendu ‘Zigera Ku Butaka Bwa Congo’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?