Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gen Colin Powell Wayoboye Ingabo Za Amerika Muri Iraq Ya Saddam Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Gen Colin Powell Wayoboye Ingabo Za Amerika Muri Iraq Ya Saddam Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 October 2021 2:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Gen. Colin Powell, chairman of the U.S. Joint Chiefs of Staff, is seen in 1991. (AP Photo)
SHARE

Colin Powell wigeze kuba Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga  akaba yarayoboye n’ingabo z’Amerika muri Ntambara yo muri Iraq yishwe na Covid-19.

Niwe mwirabura wenyine wagiye ku mwanya wo kuba Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n’amahanga bwa mbere ariko nyuma ye haje na Condoleezza Rice.

Abo mu muryango wa Powell nibo batangarije kuri Facebook ko uriya musirikare mukuru yapfuye azize ingaruza za COVID-19.

Yari amaze imyaka 84 y’amavuko kandi abo mu muryango we babwiye ABC News ko uriya mugabo yari yarakingiwe inkingo zombi za COVID-19 ariko  biba nyuma yararangije kuyandura iramwangiza.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yaguye mu bitaro byitwa Walter Reed National Medical Center.

Abagize umuryango we bashimye abo mu bitaro byamwitayeho kubera uruhare bagize ngo bamufashe n’ubwo bitabujije nyamunsi kumuhitana.

Powell niwe wari uyoboye ingabo za Amerika zagabye igitero muri Iraq ubwo yarwanaga ishaka kwigarurira Koweit.

Igitero Amerika yagabye muri muri Iraq cyaramamaye ku isi mu izina rya Desert Storm cyangwa Tempête du Desert..

TAGGED:CollinfeaturedIraqPowell
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Impunzi Zose Zabaga Mu Nkambi Ya Gihembe Zimuwe
Next Article Ingabo Z’U Rwanda Zakurikiranye Magendu ‘Zigera Ku Butaka Bwa Congo’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?