Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gen Dagalo Urwanya Ubutegetsi Bwa Sudani Yasuye u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gen Dagalo Urwanya Ubutegetsi Bwa Sudani Yasuye u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 January 2024 7:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

General Mohamed Hamdan Dagalo uyobora Umutwe w’abarwanyi Rapid Support Force, RSF, urwana n’ubutegetsi bwa Sudani yageze mu Rwanda mu rugendo rugamije kuganira n’abayobozi barwo uko umutekano wagaruka muri Sudani kandi ukaba umutekano urambye.

Ku ipaji ye iri kuri X, Gen Dagalo yavuze ko ikimugenza ari ukureba uko yagira ibyo yigira ku bunararibonye bw’u Rwanda mu kugarura amahoro aho yabuze no kuyabungabunga ngo arambe.

Avuga ko yageze mu Rwanda avuye mu bindi bihugu by’inshuti za Sudani ngo baganire uko babona intambara ari kurwana n’ubutegetsi bwa Sudani.

Muri ibyo bihugu avuga harimo na Kenya.

Nyuma yo kwakiririrwa ku kibuga cy’indege cya Kanombe na Major  Gen Joseph Nzabamwita uyobora Iperereza ry’u Rwanda, Gen Dagalo yahise ajya kwakirwa na Perezida Paul Kagame bagirana ibiganiro byihariye.

Amateka ya Sudani avuga ko aba Janjaweed ari bo baje gukura bavamo umutwe wa Rapid Support Force washinzwe mu mwaka wa 2013.

Ni umutwe ugizwe n’abarwanyi b’Abarabu.

Abajanjaweed nibo barwanye n’ubutegetsi bwa Sudani yahoze ari iya Bashir guhera mu mwaka wa 2003 kugeza mu mwaka wa 2020.

Uwo mutwe wari uhanganye n’undi mutwe witwa Sudan Liberation Movement/Army n’undi mutwe witwa Justice and Equality Movement.

Bivugwa ko Aba Janjaweed bakorera muri Sudani, Libya, Yemen na Chad.

TAGGED:Aba JanjaweedDagalofeaturedIngaboKagameSudaniUmutwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwanda Bagiye Kwibutswa Ibiranga Ubutwari
Next Article Huye: Yamaze Gutongana Na Mushiki We Yica Umukecuru
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?