Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gen Dagalo Urwanya Ubutegetsi Bwa Sudani Yasuye u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gen Dagalo Urwanya Ubutegetsi Bwa Sudani Yasuye u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 January 2024 7:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

General Mohamed Hamdan Dagalo uyobora Umutwe w’abarwanyi Rapid Support Force, RSF, urwana n’ubutegetsi bwa Sudani yageze mu Rwanda mu rugendo rugamije kuganira n’abayobozi barwo uko umutekano wagaruka muri Sudani kandi ukaba umutekano urambye.

Ku ipaji ye iri kuri X, Gen Dagalo yavuze ko ikimugenza ari ukureba uko yagira ibyo yigira ku bunararibonye bw’u Rwanda mu kugarura amahoro aho yabuze no kuyabungabunga ngo arambe.

Avuga ko yageze mu Rwanda avuye mu bindi bihugu by’inshuti za Sudani ngo baganire uko babona intambara ari kurwana n’ubutegetsi bwa Sudani.

Muri ibyo bihugu avuga harimo na Kenya.

Nyuma yo kwakiririrwa ku kibuga cy’indege cya Kanombe na Major  Gen Joseph Nzabamwita uyobora Iperereza ry’u Rwanda, Gen Dagalo yahise ajya kwakirwa na Perezida Paul Kagame bagirana ibiganiro byihariye.

Amateka ya Sudani avuga ko aba Janjaweed ari bo baje gukura bavamo umutwe wa Rapid Support Force washinzwe mu mwaka wa 2013.

Ni umutwe ugizwe n’abarwanyi b’Abarabu.

Abajanjaweed nibo barwanye n’ubutegetsi bwa Sudani yahoze ari iya Bashir guhera mu mwaka wa 2003 kugeza mu mwaka wa 2020.

Uwo mutwe wari uhanganye n’undi mutwe witwa Sudan Liberation Movement/Army n’undi mutwe witwa Justice and Equality Movement.

Bivugwa ko Aba Janjaweed bakorera muri Sudani, Libya, Yemen na Chad.

TAGGED:Aba JanjaweedDagalofeaturedIngaboKagameSudaniUmutwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwanda Bagiye Kwibutswa Ibiranga Ubutwari
Next Article Huye: Yamaze Gutongana Na Mushiki We Yica Umukecuru
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gasabo: Bafungiwe Kwangiza Amashanyarazi

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

DRC: Ingabo Z’Uburundi Zirashinjwa Kwicisha Abanyamulenge Inzara

Harabura Iki Ngo Interineti Igere Hose?-Abadepite Babaza Ingabire

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kuri Perezida Kagame Nta Terambere Rirambye Igihe Umuturage Ahejwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Nyarugenge: Polisi Yafashe Abanigaga Abantu Mu Ijoro Batashye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ikoranabuhanga

Ubushinwa Bwatangiye Gukoresha Robo Zikora Gipolisi Mu Muhanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?