Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gen Muganga Hari Icyo Asaba Amavubi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gen Muganga Hari Icyo Asaba Amavubi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 March 2021 10:19 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bwa APR FC burifuriza intsinzi ikipe y’igihugu Amavubi igiye gukina umukino wo guhatanira itike yo gukina imikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika CAN na Cameroon uyu munsi saa tatu z’ijoro (21h00). Abenshi mu bagize Amavubi FC ni abakinnyi ba APR FC.

Umukino uri bubere muri Cameroon n’ubundi.

Yagize ati: “Ikipe y’igihigu cyacu tubafitiye icyizere nk’uko mwabitweretse mu mikino iheruka harimo n’umukino muheruka gukina na Mozambique aho mwitwaye neza mugashimisha Abanyarwanda twese.”

Ku rubuga rwa APR FC, Gen Muganga yabwiye abakinnyi b’Amavubi FC ko berekanye ko bashoboye kandi abibutsa ko Abanyarwanda bose bamuri inyuma.

Yabibukije ko guhesha ishema igihugu ari yo ntego ya buri Munyarwanda wese ni mukotane.

TAGGED:AmavubiMozambiqueMuganga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB ‘Yasatse’ Urugo Rwa Dr. Kayumba
Next Article Burusheti, Akabenzi,…Uko Inyama Abanyarwanda Barya Hanze Y’Ingo Zabo Zibanduza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

‘Gusaranganya Shisha Kibondo’ Ni Ruswa Nini Mu Rwego Rw’Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuyobozi Mu Ngabo Za Jamaica Yasuye RDF Ikorera Muri Iki Gihugu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?