Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gereza Nkuru Y’U Burundi Yagezwemo Na COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Gereza Nkuru Y’U Burundi Yagezwemo Na COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 March 2021 12:22 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hashize igihe kijya kungana n’ibyumweru bibiri nta mirimo yo kwakira abandi bagororwa bashya cyangwa ngo hagire abataha bavuye muri Gereza nkuru y’u Burundi y’i Mpimba.

Bamwe mu bagororwa bari muri iriya gereza bavuga ko n’ubwo hari ingamba zafashwe na Leta mu gukumira ubwandu ariko ngo ntizihagije.

Bavuga ko hari bamwe muribo barangije kwandura kandi ngo ubwandu buri kwiyongera.

Ibi byatumye ubuyobozi bwayo buhitamo kuba buretse kugira abandi bwakira kandi nta bandi bagororwa burekura ngo bajye hanze mu mirimo itandukanye.

Radio Publique Africaine ivuga ko mu minsi ishize hari abantu umunani bagaragayeho ubwandu bwa COVID-19 bituma ubuyobozi buhitamo kutagira uwo bwemerera ko asohoka ngo agire icyo akorera hanze, habe no kwitaba abacamanza.

Muri Gereza nta masengesho ahuza abagororwa  ndetse nta bantu baza gusura abantu babo bahafungiye.

Kuri izi ngamba ariko hakenewe ko hongerwaho no gusuzuma abagororwa bose kugira ngo abanduye bavanwe mu bandi bitabweho ukwabo.

Ubwo RPA yahamagaraga umuyobozi wiriya gereza witwa Ildephonse Bivahagumye ngo agire icyo avuga kuri kiriya kibazo yirinze kugira icyo abitangazaho.

TAGGED:BurundiCOVID-19featuredMpimba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyamabanga Mukuru Wa CommonWealth Ari I Kigali
Next Article Ubwoba Ni Bwose Ku Ngaruka Zishobora Guterwa n’Iruka Rya Nyiragongo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?