Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gereza Nkuru Y’U Burundi Yagezwemo Na COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Gereza Nkuru Y’U Burundi Yagezwemo Na COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 March 2021 12:22 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hashize igihe kijya kungana n’ibyumweru bibiri nta mirimo yo kwakira abandi bagororwa bashya cyangwa ngo hagire abataha bavuye muri Gereza nkuru y’u Burundi y’i Mpimba.

Bamwe mu bagororwa bari muri iriya gereza bavuga ko n’ubwo hari ingamba zafashwe na Leta mu gukumira ubwandu ariko ngo ntizihagije.

Bavuga ko hari bamwe muribo barangije kwandura kandi ngo ubwandu buri kwiyongera.

Ibi byatumye ubuyobozi bwayo buhitamo kuba buretse kugira abandi bwakira kandi nta bandi bagororwa burekura ngo bajye hanze mu mirimo itandukanye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Radio Publique Africaine ivuga ko mu minsi ishize hari abantu umunani bagaragayeho ubwandu bwa COVID-19 bituma ubuyobozi buhitamo kutagira uwo bwemerera ko asohoka ngo agire icyo akorera hanze, habe no kwitaba abacamanza.

Muri Gereza nta masengesho ahuza abagororwa  ndetse nta bantu baza gusura abantu babo bahafungiye.

Kuri izi ngamba ariko hakenewe ko hongerwaho no gusuzuma abagororwa bose kugira ngo abanduye bavanwe mu bandi bitabweho ukwabo.

Ubwo RPA yahamagaraga umuyobozi wiriya gereza witwa Ildephonse Bivahagumye ngo agire icyo avuga kuri kiriya kibazo yirinze kugira icyo abitangazaho.

TAGGED:BurundiCOVID-19featuredMpimba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyamabanga Mukuru Wa CommonWealth Ari I Kigali
Next Article Ubwoba Ni Bwose Ku Ngaruka Zishobora Guterwa n’Iruka Rya Nyiragongo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?