Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gisagara: Bababazwa No Guhinga Umuceri Bakawugurishwa Bahendwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Gisagara: Bababazwa No Guhinga Umuceri Bakawugurishwa Bahendwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 May 2024 9:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abahinzi bo mu Murenge wa Gikonko mu Karere ka Gisagara basabye ubuyobozi kuganira n’ubuyobozi bw’uruganda rutunganya umuceri bakorera, kureba uko bajya bawugurira i Gikonko kuri make badahendewe i Huye aho ujanwa nyuma yo gutunganywa.

Meya Rutaburingoga Jerome yabijeje ko icyo kibazo kiri bukemuke bidatinze.

Mu Murenge wa Gikonko mu Karere ka Gisagara haba uruganda rutunganya umuceri ukunzwe mu Majyepfo witwa Gikonko Rice.

Aba baturage bababazwa n’uko bahinga umuceri bavunika ariko wakwera bakawujyana Huye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Iyo ugeze yo ugurwa uhenze bityo abawuhinze ntibashobore kuwigondera.

Umwe muri bo yatakambiye RBA ko ‘nyakubahwa Meya’ yazabakorera ubuvugizi bagahabwa comptoir de vente( aho bagurira umuceri) kugira ngo bajye bagura badahendwa nk’uko bibagendekera iyo bagiye kuwugura i Huye.

Bifuza ko umuhinzi yajya awugura ku rwego rwa mbere atagiye kungukira abandi.

Meya w’Akarere ka Gisagara Jerome Rutaburingoga yavuze ko babwiye abashinzwe uruganda rwa Gikonko ko bakwiye gushyiraho comptoir de vente.

Ati: ” Ibyo kuvuga ni ukuri ibya comptoir de vente twabivuganyeho n’uruganda kandi nyiri uruganda afitemo imigabane ya 60% n’aho 40% . Twarabibasabye ku buryo twizera ko mu gihe cya vuba”.

- Advertisement -

Meya Rutaburingoga avuga ko ubusanzwe abahinzi bahabwaha umuceri w’ubuntu utari munsi ya 20%, akemeza ko bidahagije kuko n’abandi baturiye uruganda rwa Gikonko bakwiye guhabwa aho bazajya bawugurira hafi yabo.

 

TAGGED:AbahinzifeaturedGisagaraJeromeRutaburingogaUmuceri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyeshuri Barohamye Mu Kiyaga Cya Kivu
Next Article Byemejwe Ko Perezida Wa Iran Yishwe N’Impanuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?