Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gisagara: Bababazwa No Guhinga Umuceri Bakawugurishwa Bahendwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Gisagara: Bababazwa No Guhinga Umuceri Bakawugurishwa Bahendwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 May 2024 9:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abahinzi bo mu Murenge wa Gikonko mu Karere ka Gisagara basabye ubuyobozi kuganira n’ubuyobozi bw’uruganda rutunganya umuceri bakorera, kureba uko bajya bawugurira i Gikonko kuri make badahendewe i Huye aho ujanwa nyuma yo gutunganywa.

Meya Rutaburingoga Jerome yabijeje ko icyo kibazo kiri bukemuke bidatinze.

Mu Murenge wa Gikonko mu Karere ka Gisagara haba uruganda rutunganya umuceri ukunzwe mu Majyepfo witwa Gikonko Rice.

Aba baturage bababazwa n’uko bahinga umuceri bavunika ariko wakwera bakawujyana Huye.

Iyo ugeze yo ugurwa uhenze bityo abawuhinze ntibashobore kuwigondera.

Umwe muri bo yatakambiye RBA ko ‘nyakubahwa Meya’ yazabakorera ubuvugizi bagahabwa comptoir de vente( aho bagurira umuceri) kugira ngo bajye bagura badahendwa nk’uko bibagendekera iyo bagiye kuwugura i Huye.

Bifuza ko umuhinzi yajya awugura ku rwego rwa mbere atagiye kungukira abandi.

Meya w’Akarere ka Gisagara Jerome Rutaburingoga yavuze ko babwiye abashinzwe uruganda rwa Gikonko ko bakwiye gushyiraho comptoir de vente.

Ati: ” Ibyo kuvuga ni ukuri ibya comptoir de vente twabivuganyeho n’uruganda kandi nyiri uruganda afitemo imigabane ya 60% n’aho 40% . Twarabibasabye ku buryo twizera ko mu gihe cya vuba”.

Meya Rutaburingoga avuga ko ubusanzwe abahinzi bahabwaha umuceri w’ubuntu utari munsi ya 20%, akemeza ko bidahagije kuko n’abandi baturiye uruganda rwa Gikonko bakwiye guhabwa aho bazajya bawugurira hafi yabo.

 

TAGGED:AbahinzifeaturedGisagaraJeromeRutaburingogaUmuceri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyeshuri Barohamye Mu Kiyaga Cya Kivu
Next Article Byemejwe Ko Perezida Wa Iran Yishwe N’Impanuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?