Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Google Yasohoye Inkweto Zigura $50,000
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Google Yasohoye Inkweto Zigura $50,000

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 July 2023 10:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uruganda rusanzwe rumenyerewe mu gukora ikoranabuhanga, Google, rwatangaje ko buri wese ufite amafaranga ahagije ashobora kugura umuguru w’inkweto rwakoze ku $50,000.

Ni inkweto zari zisanzwe zambarwa n’abakozi ba Google hirya no hino ku isi.

Bazita Omega Sports Apple Computer Sneakers.

Inyinshi zifite ibara ry’umweru ariko ngo hari izindi zizakorwa zifite ibara ry’umutuku ariko zo ni nke.

Uruganda Apple rusanzwe rukora ibindi bikoresho byarwo birimo n’isaha bita Apple Watch.

Igiciro cy’izi saha ni hagati ya $1,229 na $1,509.

Ku isi hari abantu bakunda ibyo Apple ikora cyane k’uburyo iyo iri busohore ikintu icyo ari cyo cyose harimo na telefoni, umurongo w’abaje kubigura uba muremure cyane.

Hari n’abarara aho kiri bugurishirizwe kugira ngo hatagira ucyibatanga.

Icyicaro gikuru cya Apple ku rwegi rw’isi kuba ahitwa Cupertino muri Leta ya  California, USA.

TAGGED:AppleInkweto
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Adidas Irishimira Ko Kanye West Yatumye Yongera Kunguka
Next Article FERWAFA Yagiye Kwiherera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Israel Yongereye Ibitero Muri Gaza 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?