Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Grenade Iherutse Guturikira Muri Kicukiro Ntawayihateye- RIB
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Grenade Iherutse Guturikira Muri Kicukiro Ntawayihateye- RIB

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 April 2022 11:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Taliki 07, Mata, 2022, ubwo hatangiraga Icyunamo cyo kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi, mu Mudugudu wa Indakemwa, Akagari ka Nyakabanda mu Karere ka Kicukiro haturikiye grenade. Iperereza ryahise ritangira, ibyavuyemo bikerekana ko iriya gerenade itatewe n’umuntu runaka.

Iperereza ryerekana ko iriya grenade yari imaze igihe ahantu harunze ibikoresho by’ubwubatsi.

Abantu babajijwe mu gihe cy’iperereza ry’ibanze barimo n’abatuye muri iriya nzu bavuze ko iriya gerenade abana  bayifashe batazi ko ari igiturika.

Ibikoresho by’ubwubatsi byahashyizwe bari gusana  inzu.

Ibyavuye mu iperereza ry’ibanze rero byerekana ko mbere y’uko iriya grenade iturika, abana bayifashe bayikuye muri ibyo byuma byasagutse basana iriya nzu, batangira kuyikinisha bayitiranyije n’igikinisho.

Yaje guturika ikomeretsa umwana umwe.

Uwakomeretse yajyanywe kwa muganga kugira ngo avurwe.

Ibyavuye mu iperereza ry’ibanze bivuguruza ibyanditswe na bimwe mu binyamakuru, kuko ryo rigaragaza ko iriya grenade itatewe n’umuntu, nta nubwo yarigamije gukomeretsa.

Icyakora, Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha ,RIB, Dr Thierry B. Murangira yabwiye Taarifa ko iperereza kuri iki kibazo rigikomeje.

Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr Thierry B. Murangira
TAGGED:featuredGrenadeKicukiroNiboye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Yafashe Abantu Bagaragaye Muri Video Bakubitira Umuturage Mu Muhanda
Next Article Ubukangurambaga Bwa Kambanda Ashishikariza Intiti Gukora Jenoside
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?