Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gucunga Nabi Amashyamba Biri Mubyo Min Mujawamariya Akurikiranyweho
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbutabera

Gucunga Nabi Amashyamba Biri Mubyo Min Mujawamariya Akurikiranyweho

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 July 2024 7:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu byo Taarifa yamenye bivugwa ko biri mubyo  Dr. Jeanne D’Arc Mujawamariya akurikiranyweho ni imicungurire mibi y’amashyamba.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 25, Nyakanga, 2024 nibwo inkuru y’uko hari ibyo uyu mugore wahoze ari Minisitiri w’umurimo akurikiranyweho yasakaye.

Hari nyuma y’uko ahagaritswe mu mirimo ye binyuze mu itangazo rya Guverinoma y’u Rwanda rwasowe na Minisitiri W’Intebe.

Amakuru Taarifa yamenye mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Kane avuga ko Mujawamariya ari gukorwaho iperereza ku byaha acyekwaho kuba yarakoze igihe yari Minisitiri w’Ibidukikije.

Ngo ni ibyaha bifite aho bihuriye n’imicungire mibi y’imishinga y’amashyamba.

Hagati aho kandi dufite amakuru avuga ko hari iperereza riri gukorwa muri Minisiteri y’Ibidukikije ndetse n’ibigo biyishamikiye ho bifite aho bihuriye n’amashyamba muri rusange.

Mu bakorwaho iperereza harimo Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ibidukijije witwa Patrick Karera.

Inkuru y’ikurwa ku nshingano ya Minisitiri Mujawamariya iri mu zivuzweho cyane kuri uyu wa Kane taliki 25 Nyakanga.

Dr. Jeanne D’Arc Mujawamariya ari mu bari bamaze igihe mu nshingano zitandukanye zo hejuru ku rwego rwo hejuru mu gihugu.

Yayoboye Minisiteri eshatu ni ukuvuga iy’uburezi, iy’ibidukijije n’umurimo n’abakozi ari nayo yari amaze iminsi ayoboye.

TAGGED:AmashyambafeaturedIbidukikijeMinisitiriMujawamariya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko RIB Yafashe Abantu Bashakaga Gucucura Banki Ikomeye
Next Article Macron Yarase Ibigwi Bya Kagame Mu Kubaka Ibikorwaremezo Bya Siporo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?