Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Guverineri Wa Banki Nkuru Y’Uburundi Yatawe Muri Yombi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Guverineri Wa Banki Nkuru Y’Uburundi Yatawe Muri Yombi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 October 2023 9:19 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Perezida w’Uburundi rivuga ko hashingiwe ku mategeko agena uko Guverineri wa Banki Nkuru y’Uburundi ashyirwaho,  Edouard Normand Bigendako yashyizweho ngo abe ari we uyiyobora, akaba asimbuye Dieudonne Murengerantwari .

Ni icyemezo cyafashwe na Perezida Evariste Ndayishimiye.

Amakuru avuga Dieudonné Murengerantwari yatawe muri yombi n’Urwego rw’igihugu rushinzwe iperereza n’umutekano.

Radio yigenga yo mu Burundi yitwa Radio Publique Africaine( RPA) niyo yatangaje bwa mbere ko Murengerantwari yatawe muri yombi, akaba ari gukorwaho iperereza ku byaha bitari byamenyekanye kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Uyu mugabo ari mu maboko yabashinzwe iperereza

Murengerantwari yari amaze igihe gito ahawe izi nshingano kubera ko yazitangiye muri Kanama, 2022.

TAGGED:AmafarangaBankiBurundifeaturedMinisitiri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel Ishima Ko Abanyarwanda Bayiri Hafi Muri Iki Gihe Kiyigoye
Next Article Colonel Mu Ngabo Za Israel Yiciwe Mu Gifaro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?