Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Guverinoma Y’u Rwanda Irashaka Ko Ingengo Y’Imari Yongerwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Guverinoma Y’u Rwanda Irashaka Ko Ingengo Y’Imari Yongerwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 May 2024 3:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Minisitiri w'imari n'igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana
SHARE

Mu minsi mike ishize, Guverinoma Y’u Rwanda yagejeje ku Nteko ishinga amategeko, imitwe yombi, inyandiko isobanura iby’uko ingengo y’Imari yongerwa.

Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yavuze ko intego ari uko ayo mafaranga azafasha Leta kugera ku ntego z’iterambere Guverinoma yihaye mu myaka itanu iri imbere.

U Rwanda rufite inkingi z’ubukungu rwiyemeje gushoramo imari kugira ngo ruzabe igihugu gikize myaka itarambiranye mu bwinshi.

Byose bikubiye muri gahunda y’imyaka itanu yiswe National Strategy for Transformation (NST).

N’ubwo rwahuye kandi rukazongwa n’ingaruka za COVID n’intambara ziri hirya no hino ku isi, u Rwanda rwakomeje kwihagararaho mu bukungu.

Nk’ubu, umwaka ushinzwe ubukungu bwarwo bwazamutse ku kigero cya 8.2% iryo janisha rikaba ryarazamutseho 2% ugereranyije n’uko byari biteganyijwe.

Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana avuga ko kugira ngo uyu muvuduko ukomeze, ari ngombwa ko ingengo y’imari yongerwa.

Asaba ko iyo ngengo ubu yazaba Miliyari Frw 5,690.1.

Yose ni ayo gushora mu bikorwa remezo bizatuma ubukungu bw’u Rwanda bukomeza imbere.

Imibare ya Minecofin ivuga ko muri ariya mafaranga, agera kuri Miliyari Frw 3,414.4 azava mu misoro, asigaye angana na Miliyari 444.0 azava ‘ahandi’.

Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko ayo mafaranga azafasha mu iterambere ry’ubuhinzi, ubuzima, uburezi, no kwita ku mibereho myiza y’abaturage.

TAGGED:featuredNdajimanaUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika Yimye Israel Bombe Yari Yayemereye
Next Article Inganda Zirasabwa Gukomeza Kwimakaza Uburinganire
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?