Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Guverinoma Y’u Rwanda Irashaka Ko Ingengo Y’Imari Yongerwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Guverinoma Y’u Rwanda Irashaka Ko Ingengo Y’Imari Yongerwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 May 2024 3:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Minisitiri w'imari n'igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana
SHARE

Mu minsi mike ishize, Guverinoma Y’u Rwanda yagejeje ku Nteko ishinga amategeko, imitwe yombi, inyandiko isobanura iby’uko ingengo y’Imari yongerwa.

Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yavuze ko intego ari uko ayo mafaranga azafasha Leta kugera ku ntego z’iterambere Guverinoma yihaye mu myaka itanu iri imbere.

U Rwanda rufite inkingi z’ubukungu rwiyemeje gushoramo imari kugira ngo ruzabe igihugu gikize myaka itarambiranye mu bwinshi.

Byose bikubiye muri gahunda y’imyaka itanu yiswe National Strategy for Transformation (NST).

N’ubwo rwahuye kandi rukazongwa n’ingaruka za COVID n’intambara ziri hirya no hino ku isi, u Rwanda rwakomeje kwihagararaho mu bukungu.

Nk’ubu, umwaka ushinzwe ubukungu bwarwo bwazamutse ku kigero cya 8.2% iryo janisha rikaba ryarazamutseho 2% ugereranyije n’uko byari biteganyijwe.

Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana avuga ko kugira ngo uyu muvuduko ukomeze, ari ngombwa ko ingengo y’imari yongerwa.

Asaba ko iyo ngengo ubu yazaba Miliyari Frw 5,690.1.

Yose ni ayo gushora mu bikorwa remezo bizatuma ubukungu bw’u Rwanda bukomeza imbere.

Imibare ya Minecofin ivuga ko muri ariya mafaranga, agera kuri Miliyari Frw 3,414.4 azava mu misoro, asigaye angana na Miliyari 444.0 azava ‘ahandi’.

Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko ayo mafaranga azafasha mu iterambere ry’ubuhinzi, ubuzima, uburezi, no kwita ku mibereho myiza y’abaturage.

TAGGED:featuredNdajimanaUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika Yimye Israel Bombe Yari Yayemereye
Next Article Inganda Zirasabwa Gukomeza Kwimakaza Uburinganire
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Tuzakomeza Gukorana N’u Rwanda No Mu Guhanga Udushya-Amb Wa Israel

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

You Might Also Like

Mu mahanga

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibidukikije

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?