Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Guverinoma Y’u Rwanda Irashaka Ko Ingengo Y’Imari Yongerwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Guverinoma Y’u Rwanda Irashaka Ko Ingengo Y’Imari Yongerwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 May 2024 3:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Minisitiri w'imari n'igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana
SHARE

Mu minsi mike ishize, Guverinoma Y’u Rwanda yagejeje ku Nteko ishinga amategeko, imitwe yombi, inyandiko isobanura iby’uko ingengo y’Imari yongerwa.

Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yavuze ko intego ari uko ayo mafaranga azafasha Leta kugera ku ntego z’iterambere Guverinoma yihaye mu myaka itanu iri imbere.

U Rwanda rufite inkingi z’ubukungu rwiyemeje gushoramo imari kugira ngo ruzabe igihugu gikize myaka itarambiranye mu bwinshi.

Byose bikubiye muri gahunda y’imyaka itanu yiswe National Strategy for Transformation (NST).

N’ubwo rwahuye kandi rukazongwa n’ingaruka za COVID n’intambara ziri hirya no hino ku isi, u Rwanda rwakomeje kwihagararaho mu bukungu.

Nk’ubu, umwaka ushinzwe ubukungu bwarwo bwazamutse ku kigero cya 8.2% iryo janisha rikaba ryarazamutseho 2% ugereranyije n’uko byari biteganyijwe.

Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana avuga ko kugira ngo uyu muvuduko ukomeze, ari ngombwa ko ingengo y’imari yongerwa.

Asaba ko iyo ngengo ubu yazaba Miliyari Frw 5,690.1.

Yose ni ayo gushora mu bikorwa remezo bizatuma ubukungu bw’u Rwanda bukomeza imbere.

Imibare ya Minecofin ivuga ko muri ariya mafaranga, agera kuri Miliyari Frw 3,414.4 azava mu misoro, asigaye angana na Miliyari 444.0 azava ‘ahandi’.

Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko ayo mafaranga azafasha mu iterambere ry’ubuhinzi, ubuzima, uburezi, no kwita ku mibereho myiza y’abaturage.

TAGGED:featuredNdajimanaUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika Yimye Israel Bombe Yari Yayemereye
Next Article Inganda Zirasabwa Gukomeza Kwimakaza Uburinganire
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?