Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Guverinoma Y’u Rwanda Yamaganye Ibyo Uburundi Buyishinja
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Guverinoma Y’u Rwanda Yamaganye Ibyo Uburundi Buyishinja

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 May 2024 4:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko abayobozi b’Uburundi batangaje ko gerenade zimaze iminsi ziterwa muri Bujumbura zigirwamo uruhare n’abantu bahorejwe n’u Rwanda, Guverinoma yarwo yasohoye itangazo ribihakana.

Ni itangazo rigufi ariko, mu magambo yumvikana, risaba Guverinoma y’Uburundi kutazana u Rwanda mu bibazo bubureba ubwabwo.

Rivuga ko hari ibintu bigaragara ko bitagenda neza mu Burundi kandi ko ibyo bintu ntaho bihuriye n’u Rwanda.

Muri kimwe mu bika bigize iryo tangazo hari ahagira hati: “ Uburundi bufitanye ikibazo n’u Rwanda ariko u Rwanda nta kibazo rufitanye n’Uburundi. Turasaba Uburundi ko bwakemura ibibazo bibureba butinjijemo u Rwanda”.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Itangazo ryitandukanya n’ibyo Uburundi bushinja u Rwanda

Kuva ibitero bya RED Tabara byagabwa mu Burundi, ababigabye baturutse muri DRC, Uburundi bwavuze ko ababikoze bari boherejwe kandi bashyigikiwe n’u Rwanda.

Ntibyatinze bwahise bufunga imipaka yose ibuhuza n’u Rwanda, buvuga ko ibyo u Rwanda bukora biri gukurura urwango rurambye hagati y’abaturage b’ibihugu byombi.

U Rwanda ruvuga ko ntaho ruhuriye n’ibyo bitero, byaba ibyagabwe na RED Tabara cyangwa ibyagabwe n’undi uwo ari we wese.

TAGGED:featuredREDRwandaTabaraUburundi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kamonyi: Batanu Bapfiriye Mu Kirombe Bazize Gazi
Next Article Kagame Arasura Guinea Conakry 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?