Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Guverinoma Y’u Rwanda Yamaganye Ibyo Uburundi Buyishinja
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Guverinoma Y’u Rwanda Yamaganye Ibyo Uburundi Buyishinja

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 May 2024 4:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko abayobozi b’Uburundi batangaje ko gerenade zimaze iminsi ziterwa muri Bujumbura zigirwamo uruhare n’abantu bahorejwe n’u Rwanda, Guverinoma yarwo yasohoye itangazo ribihakana.

Ni itangazo rigufi ariko, mu magambo yumvikana, risaba Guverinoma y’Uburundi kutazana u Rwanda mu bibazo bubureba ubwabwo.

Rivuga ko hari ibintu bigaragara ko bitagenda neza mu Burundi kandi ko ibyo bintu ntaho bihuriye n’u Rwanda.

Muri kimwe mu bika bigize iryo tangazo hari ahagira hati: “ Uburundi bufitanye ikibazo n’u Rwanda ariko u Rwanda nta kibazo rufitanye n’Uburundi. Turasaba Uburundi ko bwakemura ibibazo bibureba butinjijemo u Rwanda”.

Itangazo ryitandukanya n’ibyo Uburundi bushinja u Rwanda

Kuva ibitero bya RED Tabara byagabwa mu Burundi, ababigabye baturutse muri DRC, Uburundi bwavuze ko ababikoze bari boherejwe kandi bashyigikiwe n’u Rwanda.

Ntibyatinze bwahise bufunga imipaka yose ibuhuza n’u Rwanda, buvuga ko ibyo u Rwanda bukora biri gukurura urwango rurambye hagati y’abaturage b’ibihugu byombi.

U Rwanda ruvuga ko ntaho ruhuriye n’ibyo bitero, byaba ibyagabwe na RED Tabara cyangwa ibyagabwe n’undi uwo ari we wese.

TAGGED:featuredREDRwandaTabaraUburundi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kamonyi: Batanu Bapfiriye Mu Kirombe Bazize Gazi
Next Article Kagame Arasura Guinea Conakry 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?