Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Habitegeko ati ” Mana Uzamfashe Gusohoza Inshingano Nshya”
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Habitegeko ati ” Mana Uzamfashe Gusohoza Inshingano Nshya”

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 March 2021 11:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma kumva ko yagizwe Guverineri w’Intara y’i Burengerazuba, Bwana François Habitegeko yashimiye Perezida Kagame wamuhaye ziriya nshingano ariko asaba Imana kuzamuba hafi mu kuzisohoza.

Yabyanditse mu butumwa yacishije kuri Twitter.

Yanditse ati: “Ndanezerewe kubw’icyizere mungiriye, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda HE @PaulKagame ,mukanshinga kuyobora Intara y’uburengerazuba, @RwandaWest. Ndabizeza kuzakorana umwete , umurava, n’ubunyangamugayo.Imana yo mu ijuru ibyumve ibimfashemo.”

Bwana Habitegeko yari asanzwe ayobora Akarere ka Nyaruguru. Niwe wari Umuyobozi w’Akarere mu Rwanda wari umaze igihe kirekire muri iriya mirimo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mu myaka mike ishize, Akarere ka Nyaruguru yayoboraga kahuye n’ibibazo bishingiye ku mutekano muke waterwaga n’abarwanyi baturukaga mu Burundi barimo abo mu mutwe wa FLN, uyu ukaba ari umutwe w’abarwanyi ba Bwana Paul Rusesabagina wafashwe ubu akaba ari kuburanishwa n’inkiko z’u Rwanda.

Nyuma gato y’uko Rusesabagina yafatwaga akagezwa imbere y’ubutabera, Bwana Habitegeko yavuze ko kuba yarafashwe ari ikintu kiza kigiye guha abaturage ubutabera.

TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Museveni Yavuze Ko Bobi Wine Ari We Wamwibye Amajwi
Next Article Ingabo Z’U Rwanda Na Polisi Muri Centrafrique Bakingiwe COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?