Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Habonetse Urukingo Rushya Rwa COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Habonetse Urukingo Rushya Rwa COVID-19

admin
Last updated: 03 November 2021 6:40 pm
admin
Share
SHARE

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (WHO) ryemeje COVAXIN nk’urukingo rushya rwa COVID-19, ruba urwa munani mu zirimo kwifashishwa mu guhangana n’iki cyorezo gikomeje guhitana benshi ku isi.

Uru rukingo rukorwa n’ikigo Bharat Biotech cyo mu Buhinde umuntu aruhabwa inshuro ebyiri, hagati y’urukingo n’urundi hakajyamo ibyumweru bine.

Ku ikubitiro ruzahabwa abantu bafite imyaka 18.

WHO yavuze ko mu igerageza basanze Covaxin irinda umuntu wanduye virus ya SARS-CoV-2 adashobora kuremba ku kigero cya 78%.  Ni ubwirinzi buboneka nyuma y’iminsi 14 kuzamura, uhereye igihe yaherewe urukingo rwa kabiri.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ni urukingo kandi rubikwa ku bukonje bwo hasi, ku buryo kurubika byakorohera ibihugu bikennye bidafite firigo zikonjesha cyane nk’izikenerwa ku nkingo za Pfizer.

WHO yatangaje iti “Itsinda ry’abajyanama mu bya tekiniki ryakoranyijwe na WHO rigizwe n’inzobere mu bugenzuzi hirya no hino ku isi, ryemeje ko Covaxin yujuje ibisabwa na WHO mu kurinda COVID19, ko inyungu z’uru rukingo ziruta kure impungenge zishobora kurukomokaho, bityo rushobora gukoreshwa.”

Kugeza ubu imibare ijyanye n’uburyo uru rukingo rwamera ku bagore batwite ntabwo iraboneka, ku buryo inyigo zabyo ziteganywa mu gihe kiri imbere.

Inkingo zamaze kwemezwa za COVID-19 zirimo Comirnaty yakozwe na Pfizer na BioNTech, AstraZeneca, Janssen, Moderna, Sinovac na Sinopharm.

TAGGED:COVAXINCOVID-19featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umurimo Bahanze Wagiriye Akamaro N’Abana Baba Ku Muhanda
Next Article Intara y’Amajyepfo Yatanze Imisoro Ya Miliyari 44.5 Frw Mu 2020/2021
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?