Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Harategurwa Ibiganiro Hagati Ya Kagame Na Tshisekedi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harategurwa Ibiganiro Hagati Ya Kagame Na Tshisekedi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 June 2024 9:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Angola Joao Lorenco aherutse gutangariza i Abidjan ko hari ibiganiro biri ku rwego rwa za Minisiteri bitegura ibizahuza Kagame na Tshisekedi.

Ni ibiganiro Lorenco avuga ko ari ngombwa ko bikorwa kuko ari byo byonyine byatanga umuti w’ibibazo biri hagati ya Kigali na Kinshasa.

Hagati aho Kagame ari mu kwiyamamariza kuyobora u Rwanda muri Manda itaha y’imyaka itanu.

Kuri uyu wa Gatandatu ariyamamariza mu Karere ka Nyamasheke.

Ku byerekeye ibiganiro hagati ya Kagame na Tshisekedi, hari ahandi habereye ibiganiro nk’ibi bigamije ko hakumvikanwa uko intambara ya M23 n’ubutegetsi bwa Kinshasa yahagarara.

DRC ishinja u Rwanda gufasha M 23 ariko u Rwanda ubu rusigaye ruvuga ko kuba rwayifasha ari ibintu byagombye kuba bikorwa n’abandi kuko abagize uyu mutwe bahohoterwa.

Kagame aherutse kubwira abanyamakuru ko kuba u Rwanda rubazwa niba rushyigikira M23 bitagombye kuba ari cyo kibazo ahubwo ko ikibazo ari uko abantu batayifasha.

Avuga ko kuba badafasha abantu bari mu kaga ari cyo abantu bagombye kwibaza.

U Rwanda rwatangaje kenshi ko ibiganiro ari byo muti urambye watuma amahoro agaruka kuko byagaragaye ko intambara itakemura ikibazo.

Twabibutsa ko Lorenco ari we muhuza hagati y’u Rwanda na DRC.

TAGGED:featuredIntambaraKagameM23Tshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muhanga: Aravugwaho Kwica Rubi Uwo Bashakanye
Next Article Haribazwa Niba Ntawasimbura Biden Mu Kwiyamamaza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?