Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Harategurwa Ibiganiro Hagati Ya Kagame Na Tshisekedi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harategurwa Ibiganiro Hagati Ya Kagame Na Tshisekedi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 June 2024 9:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Angola Joao Lorenco aherutse gutangariza i Abidjan ko hari ibiganiro biri ku rwego rwa za Minisiteri bitegura ibizahuza Kagame na Tshisekedi.

Ni ibiganiro Lorenco avuga ko ari ngombwa ko bikorwa kuko ari byo byonyine byatanga umuti w’ibibazo biri hagati ya Kigali na Kinshasa.

Hagati aho Kagame ari mu kwiyamamariza kuyobora u Rwanda muri Manda itaha y’imyaka itanu.

Kuri uyu wa Gatandatu ariyamamariza mu Karere ka Nyamasheke.

Ku byerekeye ibiganiro hagati ya Kagame na Tshisekedi, hari ahandi habereye ibiganiro nk’ibi bigamije ko hakumvikanwa uko intambara ya M23 n’ubutegetsi bwa Kinshasa yahagarara.

DRC ishinja u Rwanda gufasha M 23 ariko u Rwanda ubu rusigaye ruvuga ko kuba rwayifasha ari ibintu byagombye kuba bikorwa n’abandi kuko abagize uyu mutwe bahohoterwa.

Kagame aherutse kubwira abanyamakuru ko kuba u Rwanda rubazwa niba rushyigikira M23 bitagombye kuba ari cyo kibazo ahubwo ko ikibazo ari uko abantu batayifasha.

Avuga ko kuba badafasha abantu bari mu kaga ari cyo abantu bagombye kwibaza.

U Rwanda rwatangaje kenshi ko ibiganiro ari byo muti urambye watuma amahoro agaruka kuko byagaragaye ko intambara itakemura ikibazo.

Twabibutsa ko Lorenco ari we muhuza hagati y’u Rwanda na DRC.

TAGGED:featuredIntambaraKagameM23Tshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muhanga: Aravugwaho Kwica Rubi Uwo Bashakanye
Next Article Haribazwa Niba Ntawasimbura Biden Mu Kwiyamamaza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

General Kabandana Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?