Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hari Gusuzumwa Ko u Rwanda Rwiteguye Kwakira Irushanwa Mpuzamahanga Rya Handball
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Hari Gusuzumwa Ko u Rwanda Rwiteguye Kwakira Irushanwa Mpuzamahanga Rya Handball

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 March 2025 10:16 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr. Adolphe Aremou Mansourou uyobora Impuzamashyirahamwe y’Umukino wa Handball muri Afurika (CAHB) ari mu Rwanda, Yazinduwe no kugenzura niba iki gihugu kiri kwitegura neza kuzakira imikino y’Igikombe cya Afurika izaba mu mwaka utaha wa 2026.

Perezida w’Ishyirahamwe rya Handball mu Rwanda (FERWAHAND), Twahirwa Alfred niwe wamwakiriye amubwira aho iyo myiteguro igeze.

Niba nta gihindutse ku ngengabihe ya ririya rushanwa, biteganyijwe ko rizatangira tariki 16 rirangire tariki 31, Mutarama, 2026.

Twahirwa yeretse uriya muyobozi ibibuga bya Handball biri muri BK Arena, inyubako imaze kwamamara muri Afurika kubera gukinirwamo imikino y’amaboko itandukanye.

Yamutembereje no muri Stade Nto ya Remera(Petit Stade), ikaba nayo ahantu heza ho gukinira imikino nka Handball.

Dr. Adolphe Aremou Mansourou yaganiriye kandi n’abakinira ikipe y’igihugu ya Handball batarengeje imyaka 20.

Ikipe y’u Rwanda ya Handball kandi iri kwitegura kuzahagararira Afurika mu irushanwa mpuzamigabane ya ‘IHF Trophy/Intercontinental Phase’, izabera i Kosovo hagati y’itariki ya 12 kugeza ku ya 16, Werurwe,  2025.

U Rwanda rwahawe kwakira Igikombe cya Afurika cy’abakuze nyuma y’uko ruteguye Igikombe cya Afurika cy’Abatarengeje imyaka 20 ndetse n’icy’Abatarengeje 18 mu mwaka wa  2022 bikagenda neza.

TAGGED:featuredHandballUmukinoUmuyobozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Minisitiri W’Intebe Yatangije Ubukangurambaga Burwanya u Rwanda
Next Article Rwanda: Inama Nkuru Y’Ubutabera Yirukanye Burundu Abacamanza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?