Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hari Ingamba Zafatiwe Abashaka Gusura Tanzania
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Hari Ingamba Zafatiwe Abashaka Gusura Tanzania

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 September 2021 9:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abayobozi muri Minisiteri y’ubuzima ya Tanzania n’iya Zanzibar  basohoye itangazo ryemeranyijweho rivuga ko abantu bajya muri Tanzania hari ibyo bagomba kuba bujuje harimo no kuba baripimishije COVID-19  mu gihe kitari munsi y’amasaha 96.

Ririya tangazo ryasohowe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima wa Tanzania Abel Makubi na mugenzi we wo muri Zanzibar witwa Fatma Mrisho.

Tanzania yavuze ko abantu izemera ko bayinjiramo ari abipimishije COVID-19 bakoresheje uburyo bwimbitse bwo kuyipima bita Real Time Reverse Transcription Polymerase Chain Reaction (RT-PCR) cyangwa ubundi buryo bita  Nucleic Acid Amplifications Tests (NAATS) bwakorewe ku bitaro byemewe na Leta baturutsemo cyangwa ibigo bifata ibipimo bita laboratories nabyo byemewe na Leta.

Abashaka kujya muri Tanzania kandi bagomba kuzuza inyandiko ibisaba iri kuri murandasi kandi bakabikora mu masaha 24 mbere y’uko bagana yo.

The East African ivuga ko Tanzania yanzuye ko abagenzi baturutse mu bihugu byagaragayemo kuzamuka k’ubwandu bwa COVID-19 mu minsi 14 ishize, bazajya bongera bapimwe bageze muri Tanzania kandi biyishyurire ikiguzi cyabyo.

Ikiguzi ni amadolari y’Amerika 10 ni ukuvuga 10 000 Frw, mu mashilingi ya Tanzania ni 23,000(Tsh23,000).

Uzinjirira muri Zanzibar we azishyura amadolari 25, ni  25000 Frw, ni ukuvuga ibihumbi mirongo itanu n’umunani by’amashilingi ya Tanzania(Tsh58,000) .

Minisiteri y’ubuzima muri Tanzania yasabye inzego zose bireba gukurikirana niba aya mabwiriza yubahirizwa kandi abantu bagakomeza guhana intera, gukaraba intoki no kwambara udupfukamunwa.

Izi ngamba zigomba gutangira gushyirwa mu bikorwa tariki 19, Nzeri, 2021.

 

TAGGED:COVID-19featuredTanzania
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bafatiwe Ku Mupaka Bafite Ibyangombwa Bihimbano By’Uko Bipimishije COVID
Next Article Umujyi wa Bujumbura Washyizeho Ibihano Bikomeye Ku Bica Amabwiriza Yo Kurwanya COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?