Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Haruna Niyonzima yasinye andi masezerano yo gukinira Young Africans
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Haruna Niyonzima yasinye andi masezerano yo gukinira Young Africans

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 December 2020 5:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Haruna Niyonzima usanzwe ari Kapiteni w’Ikipe y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru, AMAVUBI, kuri uyu wa Gatanu Taliki 18, Ukuboza, 2020 yasinye andi masezerano yo gukinira Young Africans yo muri Tanzania.

Yasinye amasezerano y’umwaka umwe.

Haruna Fadhili Niyonzima yavutse taliki 05, Gashyantare, 1990. Ni umukinnyi w’umupira w’amaguru wabigize umwuga, akaba akina hagati.

Akomoka mu cyahoze ari Perefegitura ya Gisenyi, ubu ni mu Karere ka Rubavu, mu Ntara y’i Burengerazuba.

Akazi ko gukina umupira w’amaguru yagakoreye mu makipe menshi harimo Etincelles, Rayon Sports, APR, AS Kigali (yo mu Rwanda), Young Africans na Simba( yo muri Tanzania.

Mu mpera za 2019 nibwo yavuye muri AS Kigali yinjira muri Young Africans agikinira n’ubu.

Incamake y’amateka ya Haruna mu mupira w’amaguru
TAGGED:AfricansfeaturedHarunaNiyonzimaRwandaTanzaniaYoung
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Official handover of hand washing || constructed at healthcare facilities
Next Article Kuba imibare y’abahohoterwa iba myinshi ni uko kuritangaho amakuru byiyongereye: ACP Muhisoni
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

Nyagatare: Batashye Isoko Risakaye Bari Barifuje Igihe Kirekire

Urwibutso Rwa Jenoside Yakorewe Abayahudi Baruhumanyije

Drones Zigiye Gukoreshwa Mu Kurwanya Imibu Yo Mu Bugesera

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

UNHCR Yaganirije AFC/M23 Ku Kibazo Cy’Impunzi Ziri Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umukino Urangiza Irushanwa ‘Gicanda Invitation 2025’ Urabera Kigali Pele Stadium

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushaka Kuba Igihugu Gikize Byuzuye-Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?