Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Haruna Niyonzima yasinye andi masezerano yo gukinira Young Africans
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Haruna Niyonzima yasinye andi masezerano yo gukinira Young Africans

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 December 2020 5:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Haruna Niyonzima usanzwe ari Kapiteni w’Ikipe y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru, AMAVUBI, kuri uyu wa Gatanu Taliki 18, Ukuboza, 2020 yasinye andi masezerano yo gukinira Young Africans yo muri Tanzania.

Yasinye amasezerano y’umwaka umwe.

Haruna Fadhili Niyonzima yavutse taliki 05, Gashyantare, 1990. Ni umukinnyi w’umupira w’amaguru wabigize umwuga, akaba akina hagati.

Akomoka mu cyahoze ari Perefegitura ya Gisenyi, ubu ni mu Karere ka Rubavu, mu Ntara y’i Burengerazuba.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Akazi ko gukina umupira w’amaguru yagakoreye mu makipe menshi harimo Etincelles, Rayon Sports, APR, AS Kigali (yo mu Rwanda), Young Africans na Simba( yo muri Tanzania.

Mu mpera za 2019 nibwo yavuye muri AS Kigali yinjira muri Young Africans agikinira n’ubu.

Incamake y’amateka ya Haruna mu mupira w’amaguru
TAGGED:AfricansfeaturedHarunaNiyonzimaRwandaTanzaniaYoung
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Official handover of hand washing || constructed at healthcare facilities
Next Article Kuba imibare y’abahohoterwa iba myinshi ni uko kuritangaho amakuru byiyongereye: ACP Muhisoni
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Perezida Wa Guinea Conakry Yaraye Yakiriwe N’Abaturage Be Baba Mu Rwanda

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?