Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Haruna Yavuye Muri Rayon Adateye Kabiri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Haruna Yavuye Muri Rayon Adateye Kabiri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 September 2024 3:44 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Haruna Niyonzima wari umaze igihe gito agiye muri Rayon Sports yahise ahagarika amasezerano hagati ye n’iyo kipe ikomeye.

Yabwiye itangazamakuru ko hari amafaranga agombwa kandi atahawe kandi ko yayasabye kenshi.

Uyu mukinnyi avuga ko yabwiye ubuyobozi bwa Rayon Sports ko niba budashobora kubahiriza ibyo bavuganye, bwamureka akigira ahandi.

Kuri uyu wa Gatanu nibwo yaje kurekurwa, ahabwa ibaruwa imwererera kwigira ahandi.

Rutahizamu Haruna Niyonzima yari aherutse kugaruka muri Rayon, Ikipe yigeze gukinira hagati y’umwaka wa 2006 n’uwa 2007.

Ndetse ngo ntiyakinnye umukino Ikipe ye yakinnuw na Amagaju FC kuko yari yaramaze guhagarika akazi.

Iby’uko yamaze kuva muri Rayon byatangajwe mu gihe Rayon Sports iri mu Karere ka Nyanza mu bikorwa byo kwizihiza Isabukuru y’imyaka 125 ishize umujyi wa Nyanza aho Rayon yashingiqe umaze ushinzwe.

Iraza no kuhakinira umukino wa gicuti na Mukura VS kuri uyu wa Gatandatu.

Hagati aho biranugwahugwa ko Haruna Niyonzima azasubira muri AS Kigali nyuma y’ibiganiro by’ibanga hagati ye n’iyo kipe.

TAGGED:ASfeaturedHarunaIkipeKigaliRayon
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nduhungirehe Yaciye Amarenga Ko Umubano W’u Rwanda N’Uburundi Uzaba Mwiza
Next Article Muri Nyungwe Habereye Impanuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?