Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Havumbuwe Umusozi Ufite 90% By’Ubutaka Burimo Zahabu!
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Havumbuwe Umusozi Ufite 90% By’Ubutaka Burimo Zahabu!

admin
Last updated: 06 March 2021 2:47 pm
admin
Share
SHARE

Aho ni muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo hafi y’Umujyi wa Bukavu ahitwa Luhihi. Abaturage bigabije uwo musozi bawucukuza amapiki n’ibitiyo kugira ngo bayore iryo buye ry’agaciro.

Muri Gashyantare, 2021 rwagati nibwo abaturage bavumbuye ko uriya musozi ufite ubutaka bwuzuyemo zahabu.

Batangaje ko barebye basanze 90% byawo ari zahabu ivanze n’itaka ricye.

Umwe mu banyamakuru ba BBC wageze muri kariya gace avuga ko abaturage bakomeje kuwugana ari benshi kugira ngo barebe ko bagira ka zahabu bacyura mu ngo zabo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Igihangayikishije abanyapolitiki ni uko uriya musozi ushobora kuza kwigarurirwa n’imitwe y’abarwanyi ndetse ikaharasanira kugira ngo urushinje indi imbaraga abe ari wo uwusigarana n’ubukungu bwawo.

Umwe mu bayobozi bo muri kariya gace witwa Venant Burume Muhigirwa avuga ko uriya musozi uherereye muri Kilometeri 50 uvuye i Bukavu.

Repubulika ya Demukarasi ya Kongo ifite amabuye y’agaciro menshi kandi ku bwinshi.

Ikindi ifite ni petelori.

Ikinyamakuru cyo mu Bwongereza kitwa UNILAD kivuga ko kuba ifite amabuye y’agaciro kandi kuyacukura bikaba byoroshye bituma ihinduka isibaniro y’ibihugu bikize bihashaka iriya mari, ahasigaye nabyo bigakoresha imitwe y’abarwanyi ihari kugira  ngo bibone ariya mabuye ku giciro gito.

- Advertisement -
Ni hafi y’Umujyi wa Bukavu muri Kivu y’Amajyepfo
TAGGED:DemukarasifeaturedUmusoziZahabu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abarimu B’I Kigali Bakingiwe COVID-19
Next Article Inzige Zerekeje Uganda, Ese U Rwanda Rwiteguye Guhangana Nazo?
1 Comment
  • Kalisa says:
    06 March 2021 at 1:00 pm

    Imana ikunda abazayirwa basi..ngaho ndebera koko…cyakoza abazungu ubu bagiye kuhashoza intamabara …

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Misa Ya Mbere Ya Papa Leo XIV Yasomewe Ku Mva Ya Papa Francis

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?