Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Henri Konani Bedie Wigeze Kuyobora Côte D‘Ivoire Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Henri Konani Bedie Wigeze Kuyobora Côte D‘Ivoire Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 August 2023 9:45 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Bedié yapfuye afite imyaka 89. Yabaye Perezida wa Kabiri wa Côte d’Ivoire asimbuye Félix Houphouet-Boigny wapfuye mu mwaka wa  1993.

Mu mwaka wa 1999 nibwo  Henri Konan Bedié yatewe Coup d’Etat ashinjwa kuba ubutegetsi bwe bwaramunzwe na ruswa bigatuma ubukungu buzahara.

Bedié yari umugabo  washoboye kwiteza imbere aba Perezida ariko yari asanzwe akomoka mu muryango ukennye.

Ubwenge bwo mu ishuri bwaje gutuma atera imbere abona uburyo bwo kwiga mu Bufaransa ahakura impamyabumenyi y’ikirenga mu by’ubukungu.

Yari aherutse gushaka kwiyamamaza ngo arebe ko yagaruka ku butegetsi ariko atsindwa na Alassane Ouattara uri ku butegetsi ubu.

Ntiharamenyekanye impamvu z’urupfu rwa Henri Konan Bedie.

TAGGED:BedieCoteIvoirePerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Tshisekedi Yakoze Impinduka Mu Bayobora Iperereza
Next Article Amerika Ishyigikiye Perezida Wa Niger Wahiritswe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abimukira Ba Mbere Boherejwe Na Amerika Bageze Mu Rwanda

Perezida Wa Mozambique Yasuye Uruganda Rw’u Rwanda Rutunganya Zahabu

Musanze: Babwiye Polisi Ikibatera Kwiba

Bukavu: Abantu Bahiriye Mu Nzu

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bugiye Kubaka Gariyamoshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Uganda: Umwe Mu Bakire Bakomeye Yiciwe Mu Biro Bye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?