Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Henri Konani Bedie Wigeze Kuyobora Côte D‘Ivoire Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Henri Konani Bedie Wigeze Kuyobora Côte D‘Ivoire Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 August 2023 9:45 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Bedié yapfuye afite imyaka 89. Yabaye Perezida wa Kabiri wa Côte d’Ivoire asimbuye Félix Houphouet-Boigny wapfuye mu mwaka wa  1993.

Mu mwaka wa 1999 nibwo  Henri Konan Bedié yatewe Coup d’Etat ashinjwa kuba ubutegetsi bwe bwaramunzwe na ruswa bigatuma ubukungu buzahara.

Bedié yari umugabo  washoboye kwiteza imbere aba Perezida ariko yari asanzwe akomoka mu muryango ukennye.

Ubwenge bwo mu ishuri bwaje gutuma atera imbere abona uburyo bwo kwiga mu Bufaransa ahakura impamyabumenyi y’ikirenga mu by’ubukungu.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yari aherutse gushaka kwiyamamaza ngo arebe ko yagaruka ku butegetsi ariko atsindwa na Alassane Ouattara uri ku butegetsi ubu.

Ntiharamenyekanye impamvu z’urupfu rwa Henri Konan Bedie.

TAGGED:BedieCoteIvoirePerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Tshisekedi Yakoze Impinduka Mu Bayobora Iperereza
Next Article Amerika Ishyigikiye Perezida Wa Niger Wahiritswe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?