Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Herekanywe Amashusho Ashinja Kabila Ubugambanyi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Herekanywe Amashusho Ashinja Kabila Ubugambanyi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 August 2025 10:18 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo humvwaga ubuhamya bw’ubushinjacyaha ku birego bwareze Joseph Kabila, urukiko rwasabye ko herekanwa amashusho buheraho buvuga ko yabikoze.

Urukiko rukuru rwa gisirikare rwa Kinshasa nirwo ruri kuburanisha uru rubanza.

Amwe muri ayo mashusho yerekana ikiganiro ubushinjacyaha buvuga ko kirimo ingingo zigize ibyaha ziri mu kiganiro Kabila Joseph yagiranye na Thabo Mbeki wahoze uyobora Afurika y’Epfo.

Hari kandi ibindi yavuze ubwo yari ageze i Goma avuye muri Afurika y’Epfo ndetse n’ibiganiro yagiranye n’umwe mu nkoramutima ze Kikaya Bin Karubi.

Muri urwo rubanza, Intara za Kivu ya Ruguru na Kivu y’Epfo zihagarariwe na Sosiyete Sivile.

Nyuma yo kumva ubushinjacyaha no kureba amashusho buheraho buvuga ko Kabila yakoze ibyaha bumushinja, Inteko iburanisha yanzuye ko iburanisha ritaha rizaba Tariki 07, Kanama, 2025.

Kabila wayoboye DRC mu gihe kirenga imyaka 15, ashinjwa kugambanira igihugu n’ibindi byaha bikomeye.

Mbere yo kuburanishwa Sena yabanje kumikuraho ubudahangarwa kugira ngo Ubushinjacyaha bwa gisirikare bushobore kumukurikirana.

TAGGED:featuredKabilaUrubanza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article MINEDUC Yanenze Abarimu Basiba Akazi, Abandi Ntibategure
Next Article Musanze Yubatse ‘Etage 60’ Mu Myaka Itanu-Meya 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Imirwano Hagati Ya Wazalendo Na FARDC Imaze Kugwamo Abantu 11

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?