Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Herekanywe Amashusho Ashinja Kabila Ubugambanyi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Herekanywe Amashusho Ashinja Kabila Ubugambanyi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 August 2025 10:18 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo humvwaga ubuhamya bw’ubushinjacyaha ku birego bwareze Joseph Kabila, urukiko rwasabye ko herekanwa amashusho buheraho buvuga ko yabikoze.

Urukiko rukuru rwa gisirikare rwa Kinshasa nirwo ruri kuburanisha uru rubanza.

Amwe muri ayo mashusho yerekana ikiganiro ubushinjacyaha buvuga ko kirimo ingingo zigize ibyaha ziri mu kiganiro Kabila Joseph yagiranye na Thabo Mbeki wahoze uyobora Afurika y’Epfo.

Hari kandi ibindi yavuze ubwo yari ageze i Goma avuye muri Afurika y’Epfo ndetse n’ibiganiro yagiranye n’umwe mu nkoramutima ze Kikaya Bin Karubi.

Muri urwo rubanza, Intara za Kivu ya Ruguru na Kivu y’Epfo zihagarariwe na Sosiyete Sivile.

Nyuma yo kumva ubushinjacyaha no kureba amashusho buheraho buvuga ko Kabila yakoze ibyaha bumushinja, Inteko iburanisha yanzuye ko iburanisha ritaha rizaba Tariki 07, Kanama, 2025.

Kabila wayoboye DRC mu gihe kirenga imyaka 15, ashinjwa kugambanira igihugu n’ibindi byaha bikomeye.

Mbere yo kuburanishwa Sena yabanje kumikuraho ubudahangarwa kugira ngo Ubushinjacyaha bwa gisirikare bushobore kumukurikirana.

TAGGED:featuredKabilaUrubanza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article MINEDUC Yanenze Abarimu Basiba Akazi, Abandi Ntibategure
Next Article Musanze Yubatse ‘Etage 60’ Mu Myaka Itanu-Meya 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?