Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Huye: Abana Batatu Barokotse Inkuba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Huye: Abana Batatu Barokotse Inkuba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 August 2024 2:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

 

Ku bw’amahirwe abana batatu bo mu Mudugudu wa Nyamirama, Akagari ka Shanga mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Huye barokotse inkuba yabakubitiye mu nzu irashya ariko bo bararokoka.

Nyiri iyi nzu ni Vénuste Hategekimana, inzu ye ikaba yatwitswe n’inkuba saa cyenda n’igice ubwo imvura yasaga nitangiye kugenza make.

Amakuru atangwa na bagenzi bacu ba Kigali Today avuga ko bariya bana bakubiswe n’inkuba bari kuri telefoni.

Ku bw’amahirwe ntawaguye muri ibi byago.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Shanga, Trifina Munganyiman uyobora Akagari ka Shanga avuga ko iyo nkuba yateje inkongi y’iyo nzu irashya.

Ati: “Inkuba yakubise iriya nzu amategura amwe arahanuka agwa hasi, hanyuma itera inkongi ku buryo nta kintu na kimwe abo muri ruriya rugo babashije kuyisohoramo. Imyambaro, ibiryamirwa, ibyo kurya, nta na kimwe basigaranye”.

Gitifu Munganyimana yasabye abaturage kwitwararika, bagacomora ibintu byose bicometse ku mashanyarazi igihe imvura iri kugwa, bakazimya na telefone.

TAGGED:AbanaHuyeInkuba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabo Za Ukraine Hagati Y’Urupfu N’Umupfumu
Next Article U Rwanda Rwakoze Inoti Nshya Ya Frw 5.000 N’Iya Frw 2.000
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?