Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: I Busogo Aho Kagame Agiye Kwiyamamaariza Ibintu Birashyushye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

I Busogo Aho Kagame Agiye Kwiyamamaariza Ibintu Birashyushye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 June 2024 10:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu karere ka Musanze aho Umuryango FPR-Inkotanyi yazindukiye ngo wamamaze umukandida wawo Paul Kagame abantu babarirwa mu bihumbi bitanu bamaze kuhagera bamutegereje.

Barimo abato, abakuru ndetse b’ingeri zose.

Abahanzi bakomeye mu Rwanda barimo Riderman, ibyamamare birimo Miss Naomie Nishimwe, abanyamakuru b’imbere mu gihugu nabakorera ibinyamakuru mpuzamahanga, abacuruzi, abayobozi bakuru baba ab’ingabo, Polisi n’ab’inzego z’ubuyobozi bwite bwa Leta bose bamaze kuhagera.

Si ab’i Musanze gusa bahahuriye kuko hari n’abaje baturutse mu Mujyi wa Kigali, mu Turere twa Rubavu, Nyabihu n’ahandi mu bice bitandukanye by’Intara yAmajyaruguru nabo bahageze.

Kuva i Kigali kugera muri Musanze, uciye Rulindo na Gakenke, umuhanda uragaragaramo abantu bambaye imyenda yerekana amabara y’Umuryango FPR-Inkotanyi ndetse n’imitako iriho ayo mabara.

Ayo mabara ni ubururu, umweru n’umutuku.

Kuri site aho agiye Paul Kagame agiye kwiyamamariza hari umutekano ku rwego rwo hejuru.

Abantu barasakwa neza ariko ntawe uhutajwe.

Mu masaha make ari imbere nibwo Paul Kagame ari bugere i Busogo ku kibuga kigari gihari aho abantu bamutegereje.

Umunyamabanga mukuru wa FPR-Inkotanyi  Wellars Gasamagera yaraye abwiye itangazamakuru ko FPR-Inkotanyi izamamariza umukandida wayo muri site 19.

Tesfaye ari kumwe na Miss Rwanda Naomie Ishimwe n’abandi bari mu ihema rya VIP

Hagati aho kandi abayoboke b’amashyaka yiyemeje gufatanya na FPR-Inkotanyi mu kwamamaza umukandida wayo nabo bari bahuriye muri Busogo.

Abo bayoboke ariko ku byerekeye abakandida b’Abadepite, bazajya bajya kwamamaza abantu babo.

Taarifa irabagezaho uko kwiyamamara kwe kuri bugende…

TAGGED:AmatorafeaturedInkotanyiKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rulindo: Ba Gitifu Bane Bakuriwe Mu Nshingano Icyarimwe
Next Article Bwongereza: Umuryango Ukize Kurusha Indi Wahamwe N’Ibyaha Byo Gucuruza Abantu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?