Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: I Dubai Perezida Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Bakomeye Batandukanye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

I Dubai Perezida Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Bakomeye Batandukanye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 December 2023 9:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu nama iri kubera i Dubai muri Leta ziyunze z’Abarabu, Perezida Kagame yaganiriye mu bihe bitandukanye n’abandi bayobozi bakomeye barimo na Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Rishi Sunak.

Abandi baganiriye nawe ni  Perezida wa Faure Gnassingbé iki gihugu kikaba giherutse kwemererwa kujya muri Commonwealth, aganira na General Brice Oligui Nguema uyobora Gabon by’agateganyo uyu akaba aherutse no mu Rwanda ndetse aganira na Perezida w’Inama Nkuru y’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi Charles Michel.

Kuri uyu wa Gatanu taliki 01, Ukuboza, 2023 nibwo Perezida Kagame yageze i Dubai yakirwa n’Umuyobozi w’ikirenga w’iki gihugu ari kumwe n’Umunyamabanga mukuru wa UN Antonio Guterres

Ni inama iri butangire kuri uyu wa Gatanu ikazaganirirwamo aho politiki zo guteza imbere ibidukikije no guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere zigeze zishyirwa mu bikorwa.

Leta y’u Rwanda ivuga ko muri iyo nama izereka abazayitabira imishinga ya Guverinoma  mu kurengera ibidukikije.

Umwe muri yo mishinga ni uwitwa Green Gicumbi Project.

Ari kumwe na Louis Michel
Perezida w’agateganyo wa Gabon
Aganira na Perezida Faure
TAGGED:AbayoboziDubaifeaturedGicumbiIbidukikijeInamaKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muhanga: Abagizi Ba Nabi Bishe Umukecuru Urubozo
Next Article BK Irashaka Gukorera Byose Mu Ikoranabuhanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?