Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: I Musanze Huzuye Umudugudu Wa Mbere Wa 12InOne
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

I Musanze Huzuye Umudugudu Wa Mbere Wa 12InOne

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 June 2021 5:58 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze huzuye Umudugudu w’Icyitegererezo ufite inzu 12 muri imwe(12In0ne). Kuri uyu wa Mbere abagenewe ziriya nzu barazihawe.

Uyu mudugudu urimo ibyangombwa hafi ya byose umuntu utuye akenera.

Amakuru dufite avuga ko muri buri nzu harimo salon yuzuye ni ukuvuga ifite intebe, ameza, televiziyo yo mu bwoko bwa Flat, radio n’ibindi.

Buri nzu kandi ifite amazi, amashanyarazi, gazi yo gutekeraho, ubwiherero, icyumba cyo kuraramo kirimo igitanda gishashe n’ibindi.

Abazatura uriya mudugudu kandi bubakiwe ibiraro by’inka, mu nkengero zawo hubatswe ibitaro, amashuri, isoko n’ibindi bikorwa remezo byo gufasha abaturage kugira ubuzima bwiza.

Akarere ka Musanze mu mibare

Uzaturwa n’imiryango 144 igizwe n’abaturage bahoze batuye ahantu hashoboraga gushyira ubuzima bwabo mu kaga.

Umuyobozi w’Akarere ka Musanze Madamu Jeanine Nuwumuremyi niwe wahagarariye igikorwa cyo guha abaturage inzu bagenewe.

Biteganyijwe ko uyu mudugudu uzatahwa ku mugaragaro tariki 04, Nyakanga, 2021.

Imirimo ya nyuma iri gukorwa kugira ngo uyu mudugudu uzatahwe umeze neza.
Inzu 12 mu nzu imwe( 12InOne)
Bubakiwe ibitaro n’amashuri hafi aho
Umuyobozi wa Musanze Jeanine Nuwumuremyi ubwo yahaga abaturage inzu bagenewe
TAGGED:featuredInzuKinigiMusanzeUmudugudu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sunrise F.C Na AS Muhanga Zamanutse Mu Cyiciro Cya Kabiri
Next Article Mbere Yo Kujya Gukorera I N’DJamena Uzabitekerezeho Kabiri!
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Nigeria: Umuhanzi Ifunanya Yishwe N’Inzoka

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

‘Gusaranganya Shisha Kibondo’ Ni Ruswa Nini Mu Rwego Rw’Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?