Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: I Musanze Huzuye Umudugudu Wa Mbere Wa 12InOne
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

I Musanze Huzuye Umudugudu Wa Mbere Wa 12InOne

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 June 2021 5:58 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze huzuye Umudugudu w’Icyitegererezo ufite inzu 12 muri imwe(12In0ne). Kuri uyu wa Mbere abagenewe ziriya nzu barazihawe.

Uyu mudugudu urimo ibyangombwa hafi ya byose umuntu utuye akenera.

Amakuru dufite avuga ko muri buri nzu harimo salon yuzuye ni ukuvuga ifite intebe, ameza, televiziyo yo mu bwoko bwa Flat, radio n’ibindi.

Buri nzu kandi ifite amazi, amashanyarazi, gazi yo gutekeraho, ubwiherero, icyumba cyo kuraramo kirimo igitanda gishashe n’ibindi.

Abazatura uriya mudugudu kandi bubakiwe ibiraro by’inka, mu nkengero zawo hubatswe ibitaro, amashuri, isoko n’ibindi bikorwa remezo byo gufasha abaturage kugira ubuzima bwiza.

Akarere ka Musanze mu mibare

Uzaturwa n’imiryango 144 igizwe n’abaturage bahoze batuye ahantu hashoboraga gushyira ubuzima bwabo mu kaga.

Umuyobozi w’Akarere ka Musanze Madamu Jeanine Nuwumuremyi niwe wahagarariye igikorwa cyo guha abaturage inzu bagenewe.

Biteganyijwe ko uyu mudugudu uzatahwa ku mugaragaro tariki 04, Nyakanga, 2021.

Imirimo ya nyuma iri gukorwa kugira ngo uyu mudugudu uzatahwe umeze neza.
Inzu 12 mu nzu imwe( 12InOne)
Bubakiwe ibitaro n’amashuri hafi aho
Umuyobozi wa Musanze Jeanine Nuwumuremyi ubwo yahaga abaturage inzu bagenewe
TAGGED:featuredInzuKinigiMusanzeUmudugudu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sunrise F.C Na AS Muhanga Zamanutse Mu Cyiciro Cya Kabiri
Next Article Mbere Yo Kujya Gukorera I N’DJamena Uzabitekerezeho Kabiri!
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?