Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: I Nyanza Haravugwa Umugabo Wasambanyije Nyirabukwe Umugore We Akabafata
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

I Nyanza Haravugwa Umugabo Wasambanyije Nyirabukwe Umugore We Akabafata

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 August 2022 10:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku wa Gatanu taliki 12, Kanama, 2022 mu Karere ka Nyanza, Umurenge wa Mukingo habereye ibintu abaturage babwiye BTN TV ko ari agahomanumwa. Umugore yasanze umugabo we ari gusambana na Nyina[w’uyu mugore).

Bivuze ko uwo mugabo yasambanaga na Nyirabukwe.

Ni mu Kagari ka Kiruri mu Mudugudu wa Kigarama.

Mukecuru uyu afite imyaka 72 n’aho umukwe we afite imyaka 45 y’amavuko.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Nyuma y’uko uwo mugore afatiye umugabo we muri ayo mafuti, yavugije induru abaturage bahuruye basanga umugabo ari mu kimwaro ariko ubuyobozi buhita bumuhungisha kugira ngo abahatuye batamugirira nabi.

Umugore w’uyu mugabo yabwiye abaje bahuruye, ko yasanganye umugabo we na Nyina ku buriri bigaragara ko ‘bihaga akabyizi.’

Icyakora nyuma y’uko bibaye, abaturanyi b’uyu muryango batwayemo uriya mugore umwikomo bavuga ko ari nyirashyano kuko yafungishije Nyina n’umugabo we.

Yabwiye BTN TV ati: “…Nabaye iciro ry’umugani, ndifuza ko babafungura njye nkigendera kuko bari kuvuga ngo nafungishije mama n’umugabo wanjye.”

Abaturanyi bavuga ko batunguwe n’iriya makuru, bakavuga ko ibi ari amahano.

- Advertisement -

Umugore umwe ati:“Njye nibwo bwa mbere numvise umuntu warongoye nyirabukwe.”

Ubuyobozi bw’ uyu murenge wa Mukingo bwavuze ko bukimenya aya makuru bwahise bwihutira gufata uyu mugabo na nyirabukwe bubakura muri urwo rugo kubera ko uwo mugore yari ari guteza amahane , ku buryo bashoboraga kugirirwa nabi.

TAGGED:featuredNyanzaNyirabukweUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nk’Uko Byagenze Ku Gitaramo Cya Sheebah, Icya Kizz Daniel Nacyo Cyatinze Gutangira
Next Article Umunsi Bikira Mariya Ajya Mu Ijuru, Nibwo Ab’i Kibeho Bemerewe Kujya Bahasengera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?