Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: I Nyanza Haravugwa Umugabo Wasambanyije Nyirabukwe Umugore We Akabafata
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

I Nyanza Haravugwa Umugabo Wasambanyije Nyirabukwe Umugore We Akabafata

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 August 2022 10:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku wa Gatanu taliki 12, Kanama, 2022 mu Karere ka Nyanza, Umurenge wa Mukingo habereye ibintu abaturage babwiye BTN TV ko ari agahomanumwa. Umugore yasanze umugabo we ari gusambana na Nyina[w’uyu mugore).

Bivuze ko uwo mugabo yasambanaga na Nyirabukwe.

Ni mu Kagari ka Kiruri mu Mudugudu wa Kigarama.

Mukecuru uyu afite imyaka 72 n’aho umukwe we afite imyaka 45 y’amavuko.

Nyuma y’uko uwo mugore afatiye umugabo we muri ayo mafuti, yavugije induru abaturage bahuruye basanga umugabo ari mu kimwaro ariko ubuyobozi buhita bumuhungisha kugira ngo abahatuye batamugirira nabi.

Umugore w’uyu mugabo yabwiye abaje bahuruye, ko yasanganye umugabo we na Nyina ku buriri bigaragara ko ‘bihaga akabyizi.’

Icyakora nyuma y’uko bibaye, abaturanyi b’uyu muryango batwayemo uriya mugore umwikomo bavuga ko ari nyirashyano kuko yafungishije Nyina n’umugabo we.

Yabwiye BTN TV ati: “…Nabaye iciro ry’umugani, ndifuza ko babafungura njye nkigendera kuko bari kuvuga ngo nafungishije mama n’umugabo wanjye.”

Abaturanyi bavuga ko batunguwe n’iriya makuru, bakavuga ko ibi ari amahano.

Umugore umwe ati:“Njye nibwo bwa mbere numvise umuntu warongoye nyirabukwe.”

Ubuyobozi bw’ uyu murenge wa Mukingo bwavuze ko bukimenya aya makuru bwahise bwihutira gufata uyu mugabo na nyirabukwe bubakura muri urwo rugo kubera ko uwo mugore yari ari guteza amahane , ku buryo bashoboraga kugirirwa nabi.

TAGGED:featuredNyanzaNyirabukweUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nk’Uko Byagenze Ku Gitaramo Cya Sheebah, Icya Kizz Daniel Nacyo Cyatinze Gutangira
Next Article Umunsi Bikira Mariya Ajya Mu Ijuru, Nibwo Ab’i Kibeho Bemerewe Kujya Bahasengera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?