Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibisanduku Bizubakwamo Inganda Z’Inkingo Byageze Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ibisanduku Bizubakwamo Inganda Z’Inkingo Byageze Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 March 2023 3:28 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Indege nini yo mu bwoko bwa Antonov yagezei Kigali izanye ibisanduku binini cyane bizateranywa bigakorwamo inganda z’inkingo z’indwara zirimo COVID-19, igituntu n’izindi.

Byaje mu ndege nini yo mu bwoko bwa Antonov.

Abayobozi mu nzego zitandukanye bageze ku kibuga cy’indege ahagana saa munani z’amanywa kugira ngo bakire iriya mari iri mu za mbere zikomeye u Rwanda rwakiriye nyuma y’uko icyorezo COVID-19 kigenjeje make.

U Rwanda ruraba rubaye urwa mbere rwakiriye biriya bisanduku bizubakwamo ruriya ruganda ruzaba rubaye urwa mbere muri Afurika.

Amakuru avuga ko ku ikubitiro haraza ibisanduku bitandatu.

Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yavuze ko hari ibindi bikoresho bikiri mu nzira.

Yongeyeho ko hari n’abaganga bakiri mu nzira baza mu Rwanda kuzafatanya na bagenzi babo mu kubaka ziriya nganda no kuzikoreramo.

Nsanzimana yabwiye itangazamakuru ko hari imiti y’izindi ndwara izakorerwa muri ziriya nganda.

BREAKING

The first containers for the mRNA Manufacturing Facility from @BioNTech_Group have landed in Kigali. #RBANews pic.twitter.com/l74n635HsR

— Rwanda Broadcasting Agency (RBA) (@rbarwanda) March 13, 2023

TAGGED:featuredIndegeIngandaInkingoRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article ‘Gira Iwawe’: Gahunda Yo Guha Abarimu Inzu Zihendutse
Next Article Umusore W’i Nyanza Yakubise Se Isuka Mu Mutwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Na Hamas Ntibiri Buhagararirwe Mu Isinywa Rya Burundu Ry’Amahoro Ya Gaza

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?