Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibisanduku Bizubakwamo Inganda Z’Inkingo Byageze Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ibisanduku Bizubakwamo Inganda Z’Inkingo Byageze Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 March 2023 3:28 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Indege nini yo mu bwoko bwa Antonov yagezei Kigali izanye ibisanduku binini cyane bizateranywa bigakorwamo inganda z’inkingo z’indwara zirimo COVID-19, igituntu n’izindi.

Byaje mu ndege nini yo mu bwoko bwa Antonov.

Abayobozi mu nzego zitandukanye bageze ku kibuga cy’indege ahagana saa munani z’amanywa kugira ngo bakire iriya mari iri mu za mbere zikomeye u Rwanda rwakiriye nyuma y’uko icyorezo COVID-19 kigenjeje make.

U Rwanda ruraba rubaye urwa mbere rwakiriye biriya bisanduku bizubakwamo ruriya ruganda ruzaba rubaye urwa mbere muri Afurika.

Amakuru avuga ko ku ikubitiro haraza ibisanduku bitandatu.

Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yavuze ko hari ibindi bikoresho bikiri mu nzira.

Yongeyeho ko hari n’abaganga bakiri mu nzira baza mu Rwanda kuzafatanya na bagenzi babo mu kubaka ziriya nganda no kuzikoreramo.

Nsanzimana yabwiye itangazamakuru ko hari imiti y’izindi ndwara izakorerwa muri ziriya nganda.

BREAKING

The first containers for the mRNA Manufacturing Facility from @BioNTech_Group have landed in Kigali. #RBANews pic.twitter.com/l74n635HsR

— Rwanda Broadcasting Agency (RBA) (@rbarwanda) March 13, 2023

TAGGED:featuredIndegeIngandaInkingoRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article ‘Gira Iwawe’: Gahunda Yo Guha Abarimu Inzu Zihendutse
Next Article Umusore W’i Nyanza Yakubise Se Isuka Mu Mutwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abaturage 354 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?