Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibisanduku Bizubakwamo Inganda Z’Inkingo Byageze Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ibisanduku Bizubakwamo Inganda Z’Inkingo Byageze Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 March 2023 3:28 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Indege nini yo mu bwoko bwa Antonov yagezei Kigali izanye ibisanduku binini cyane bizateranywa bigakorwamo inganda z’inkingo z’indwara zirimo COVID-19, igituntu n’izindi.

Byaje mu ndege nini yo mu bwoko bwa Antonov.

Abayobozi mu nzego zitandukanye bageze ku kibuga cy’indege ahagana saa munani z’amanywa kugira ngo bakire iriya mari iri mu za mbere zikomeye u Rwanda rwakiriye nyuma y’uko icyorezo COVID-19 kigenjeje make.

U Rwanda ruraba rubaye urwa mbere rwakiriye biriya bisanduku bizubakwamo ruriya ruganda ruzaba rubaye urwa mbere muri Afurika.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Amakuru avuga ko ku ikubitiro haraza ibisanduku bitandatu.

Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yavuze ko hari ibindi bikoresho bikiri mu nzira.

Yongeyeho ko hari n’abaganga bakiri mu nzira baza mu Rwanda kuzafatanya na bagenzi babo mu kubaka ziriya nganda no kuzikoreramo.

Nsanzimana yabwiye itangazamakuru ko hari imiti y’izindi ndwara izakorerwa muri ziriya nganda.

BREAKING

The first containers for the mRNA Manufacturing Facility from @BioNTech_Group have landed in Kigali. #RBANews pic.twitter.com/l74n635HsR

— Rwanda Broadcasting Agency (RBA) (@rbarwanda) March 13, 2023

- Advertisement -
TAGGED:featuredIndegeIngandaInkingoRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article ‘Gira Iwawe’: Gahunda Yo Guha Abarimu Inzu Zihendutse
Next Article Umusore W’i Nyanza Yakubise Se Isuka Mu Mutwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?