Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: IBUKA Ifite Ubuyobozi Bushya Ku Rwego Rw’Igihugu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

IBUKA Ifite Ubuyobozi Bushya Ku Rwego Rw’Igihugu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 November 2022 12:22 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuryango uhuza indi miryango y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994  witwa IBUKA, waraye utoye Komite nyobozi isimbura icyuye igihe.

Perezida mushya wa IBUKA ni Dr. Gakwenzire Philbert, akaba yungirijwe n’abayobozi babiri ari bo Visi Perezida witwa Momonfort Majyambere, ndetse na Visi Perezida wa Kabiri witwa Christine Kagoyire.

Umunyamabanga wa IBUKA ni Eng Irene Niyitanga  n’aho ushinzwe imibereho myiza ni Dr. Martha Mukaminega.

Muri iyo Komite nshya, uwatorewe itangazamakuru ni Lyliane Karekezi , ushinzwe ibikorwa byo kwibuka ni Spéciose Nyirabahire mu gihe ushinzwe ubukungu ari Evode Ndatsikira.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Egide Nkuranga wari usanzwe uri Perezida wa IBUKA ku rwego rw’igihugu yabwiye Taarifa ko yishimira ko we na Komite ye bakoze uko bashoboye ngo bazamure urwego rw’imibereho y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi.

Avuga ko bakoze ubuvugizi mu nzego zitandukanye harimo kubakira abarokotse inzu zikomeye n’ubwo hari izindi izindi zishaje zigikeneye gusanwa.

Egide Nkuranga

Ikindi avuga ni uko mu rwego kandi rwo gufasha abanyamuryango gukomeza kwisana, IBUKA yakoranye n’izindi nzego zirimo n’iz’ubuzima mu gusana imitima y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ariko akavuga ko hari ikibazo gikomeye kitaracyemuka.

Icyo kibazo ngo ni abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bakibana n’ihungabana ndetse n’indwara y’agahinda gakomeye kandi ngo bamwe baherererekanya n’abo bibarutse.

Ngo abageze mu zabukuru bahuye n’akaga katewe na Jenoside muri iki gihe barerura bakavuga ibyababayeho bakabibwira abana babo bigatuma nabo bahungabana.

- Advertisement -

Iki ngo ni ikibazo gikomeye kigomba gukomeza kuvugutirwa umuti.

Perezida mushya wa IBUKA ni Dr. Gakwenzire Philbert
TAGGED:AbatutsifeaturedIBUKAJenosideNkuranga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article FPR- Inkotanyi Igiye Kubaka Ingoro Igezweho Mu Burasirazuba
Next Article Jacob Zuma Yasabiwe Gusubira Muri Gereza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?