Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibyago U Rwanda Rwagize Ni Abayobozi B’Abapumbafu- Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Ibyago U Rwanda Rwagize Ni Abayobozi B’Abapumbafu- Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 July 2024 1:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kagame yabwiye abaturage bo mu Karere ka Kirehe na Ngomba ko ibyago u Rwanda rwagize ari ukugira abayobozi yise ‘abapumbafu’.

Pumbafu ni Igiswayili kivuze ‘Umuntu ufite ubwenge buke’.

Avuga ko ubwo bupumbafu( ubwenge buke)  bwatumye u Rwanda rudindira ntirwatera imbere.

Indi ngingo yavuze ni uko urubyiruko rw’u Rwanda rufite amahame mazima.

Ngo uru rubyiruko rugira amahirwe yo kuyoborwa n’abantu batari abapumbafu.

Amajyambere ngo niyo Politiki ya FPR Inkotanyi kandi ntawe uzayitambika.

Iby’umutekano kuri Kagame ngo ni ikibazo cyakemutse ku kigero kirenga 90%, ibindi ngo ni ibintu bakemura vuba cyane iyo hagize ushaka kuwuhungabanya.

Asaba abantu gukomeza gukora kandi bagakora ibintu bizima, bishobora kubateza imbere.

Ati: ” Mujye muvuga muti ejo ubuzima bwanjye buzamera gute? Mugomba gushyira imbere ubukungu, muhahire abaturanyi ibyo mudafite”.

Kagame yasabye abaturage ba Kirehe na Ngoma kuziga Igiswayili bakajya baganira n’abaturanyi bo muri Tanzania.

Nk’uko asanzwe abivugira ahandi, Kagame yabwiye abo muri Kirehe na Ngoma ko azagaruka kubasura.

Yashimiye abaturutse muri Kigali baba bamuherekeje aho ajya hose.

Abaturage bo muri Kirehe babwiye Taarifa Rwanda ko ibyo Kagame yabakoreye ari ntagererenywa, ko ibyo bazabimwitura taliki 15, Nyakanga, 2024 ku munsi w’amatora ku Banyarwanda baba imbere mu gihugu.

TAGGED:AbapumbafufeaturedKagameKireheNgoma
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Ageze I Kirehe Ngo Yiyamamaze
Next Article Ubuhinde: Umuvundo Waguyemo Abantu 50
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inganda Z’Intwaro Zungutse 5.9% Kubera Intambara Ya Ukraine N’Iya Gaza

Gisagara: Bakurikiranyweho Guca Umucuruzi Ijosi

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

RDF Ikomeje Kubakira Ubushobozi Ingabo Za Centrafrique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Bahangayikishijwe N’Uko Bateye Imyaka Ikuma Inzara Ikaba Ibugarije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?