Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibyaranze Icyumweru Ku Banyarwanda Bakina Muri Shampiyona Zo Hanze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Ibyaranze Icyumweru Ku Banyarwanda Bakina Muri Shampiyona Zo Hanze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 February 2021 11:18 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

N’ubwo mu Rwanda ibikorwa bya siporo byahagaze mu mikino yose,  hanze yarwo muri Shampiyona zitandukanye imikino irakomeje. Abanyarwanda bazikinamo bafite amakuru mashya yabaranze mu Cyumweru gishize:

1.Kevin Monnet Paquet :Ni  Umunyarwanda ukina nk’uwabigize umwuga muri shampiyona y’u Bufaransa LEAGUE1. Ntiyashoboye gukina umukino ikipe ye Saint Etienne yitabiriye ikawutsinda ubwo yakinaga na Rennes ibitego 2-0.

Nyuma y’imikino 25 bamaze gukina, Saint-Etienne iri  ku mwanya wa 15 n’amanota 29 mu makipe 20 agize Ligue 1.

Lille iri ku mwanya wa mbere irabarusha amanota 35.

Kevin Monnet Paquet

2.Mugiraneza Jean Baptiste (Migi) : Akina muri Tanzania  mu ikipe yitwa KMC. Ntiyakinnye umukino ikipe ya Tanzania Prisons FC itsinze KMC ibitego 2-1.

Migi Mugiraneza

3.Meddie Kagere : Ni rutahizamu w’Umunyarwanda ukina muri  Shampiyona ya Tanzania. Akinira Simba SC.

Ubwo ikipe ye yakinaga Imikino Nyafurika (TOTAL CAF Champions League) ntiyabanje mu kibuga, ariko yaje kujyamo asimbuye ku munota wa 78.  Mbere gato y’uko yinjira mu kibuga ku munota wa 61’, Chris Mtshimba Kopa Mugalu yari yatsindiye Simba sc igitego 1 ari nacyo rukumbi cyambonetse mu mukino.

Kagere Meddy

4.Mitima Isaac: Ni myugariro w’Umunyarwanda ukina muri Kenya.  Niwe wakinnye iminota myinshi muri iki Cyumweru turangije kuko yakinNye iminota 90 y’umukino ubwo Ikipe ye ya Sofapaka FC  yakinaga na Kitale All Stars, bagatsinda  igitego 1-0.

Mitima Isaac

5. Haruna Niyonzima :Umunyarwanda ukina muri Yanga SC  ntabwo yagaragaye kurutonde rw’aabakinnyi bakinnye na Mbeya City.

Uyu mukino warangiye ari ubusa ku busa.

Haruna Niyonzima
TAGGED:AbakinnyifeaturedKagereMigiShampiyona
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Undi Mutwe W’Abarwanyi Wadutse Muri DRC
Next Article Yarwanye Intambara Y’Isi, Aba Inyenzi, Arasaba Perezida Kagame ‘Kumuremera’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?