Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibyiciro By’Imitsindire Y’Abana Byatangajwe Na NESA Byateje Impaka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ibyiciro By’Imitsindire Y’Abana Byatangajwe Na NESA Byateje Impaka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 September 2023 11:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imbonerahamwe y’imitsindire y’abana mu mashuri yisumbuye nk’uko yatangajwe na NESA, ivuga ko umwana watsinze ku manota ari hagati ya 20 na 39% yagerageje. Uwagize hagati ya 50 na 59% ngo ibyo yakoze birashimishije.

Iyi mbonerahamwe ivuga ko umunyeshuri watsinzwe ari ufite hagati ya 0 na 19%.

Nyuma y’uko iyi mbonerahamwe itangajwe, ku rubuga nkoranyambaga rwa X hahise haduka ikiganiro kibaza niba  umwana watsinze kuri 20 na 39% aba yagerageje.

Umunyamakuru Anne Marie Niwemwiza yagize ati: “None se dusesengure izi termes cg tubyihorere? Yagerageje afite munsi ya 40%?? Hanyuma rero muti: birahagije kugira munsi ya 50%? Donc nta kindi uwayabonye yagombaga gukora, ni uko yareshyaga mbese ntako atagize birahagije ?? Ukumtu mu bizamini byo gusoza amashuli ibintu biba byasigirijwe, ariko byagera mu gutanga akazi utagize 70 akaba yatsinzwe, bingora kubihuza ukuntu noneho kubyumva byo bikaba kure nk’ukwezi. Kwanza reka mbe ngiye dore burije, ubanza naniwe sinzi. Imana ibarinde…”

Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Uturere n’Umujyi wa Kigali (Ralga), Ladislas Ngendahimana yavuze ko ibyiciro by’imitsindire y’abana nk’uko byiswe na NESA itajyanye n’amahitamo u Rwanda rwakoze.

Yanditse kuri X ati: “  Iyo birahagije ntabwo yatugeza ku mahitamo y’Abanyarwanda tuyobowe na Perezida Kagame. Kuvuga ko bihagije ni amaburakindi. Tubwizanye ukuri, hashakwe indi nyito. Ibi  byaba ari ugutesha agaciro. Gutsindwa ntabwo ‘bihagije’ rwose.”

Uko bigaragara izi nyito zirateza impaka nk’uko byigeze kugenda ku mazina y’ibyiciro by’ubudehe.

TAGGED:AbanaAmanotafeaturedIbyiciro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Huye: Abakekwaho Gucukura Icyobo Cyahezemo Abana Bitabye Urukiko
Next Article Dosiye Ya Kazungu Yageze Mu Bushinjacyaha
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?