Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibyiciro By’Imitsindire Y’Abana Byatangajwe Na NESA Byateje Impaka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ibyiciro By’Imitsindire Y’Abana Byatangajwe Na NESA Byateje Impaka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 September 2023 11:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imbonerahamwe y’imitsindire y’abana mu mashuri yisumbuye nk’uko yatangajwe na NESA, ivuga ko umwana watsinze ku manota ari hagati ya 20 na 39% yagerageje. Uwagize hagati ya 50 na 59% ngo ibyo yakoze birashimishije.

Iyi mbonerahamwe ivuga ko umunyeshuri watsinzwe ari ufite hagati ya 0 na 19%.

Nyuma y’uko iyi mbonerahamwe itangajwe, ku rubuga nkoranyambaga rwa X hahise haduka ikiganiro kibaza niba  umwana watsinze kuri 20 na 39% aba yagerageje.

Umunyamakuru Anne Marie Niwemwiza yagize ati: “None se dusesengure izi termes cg tubyihorere? Yagerageje afite munsi ya 40%?? Hanyuma rero muti: birahagije kugira munsi ya 50%? Donc nta kindi uwayabonye yagombaga gukora, ni uko yareshyaga mbese ntako atagize birahagije ?? Ukumtu mu bizamini byo gusoza amashuli ibintu biba byasigirijwe, ariko byagera mu gutanga akazi utagize 70 akaba yatsinzwe, bingora kubihuza ukuntu noneho kubyumva byo bikaba kure nk’ukwezi. Kwanza reka mbe ngiye dore burije, ubanza naniwe sinzi. Imana ibarinde…”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Uturere n’Umujyi wa Kigali (Ralga), Ladislas Ngendahimana yavuze ko ibyiciro by’imitsindire y’abana nk’uko byiswe na NESA itajyanye n’amahitamo u Rwanda rwakoze.

Yanditse kuri X ati: “  Iyo birahagije ntabwo yatugeza ku mahitamo y’Abanyarwanda tuyobowe na Perezida Kagame. Kuvuga ko bihagije ni amaburakindi. Tubwizanye ukuri, hashakwe indi nyito. Ibi  byaba ari ugutesha agaciro. Gutsindwa ntabwo ‘bihagije’ rwose.”

Uko bigaragara izi nyito zirateza impaka nk’uko byigeze kugenda ku mazina y’ibyiciro by’ubudehe.

TAGGED:AbanaAmanotafeaturedIbyiciro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Huye: Abakekwaho Gucukura Icyobo Cyahezemo Abana Bitabye Urukiko
Next Article Dosiye Ya Kazungu Yageze Mu Bushinjacyaha
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?