Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibyo FPR Iteganyiriza Itangazamakuru 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Ibyo FPR Iteganyiriza Itangazamakuru 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 June 2024 10:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gitabo gikubiyemo imigabo n’imigambi FPR-Inkotanyi ifitiye Abanyarwanda nitorerwa ‘gukomeza’ kuyobora u Rwanda, hari uwo kuzubaka itangazamakuru riteza imbere urikora kandi rifite ibikorwa remezo bihagije.

Kuri paji ya 34 muri kiriya gitabo handitse ko mu myaka itanu iri imbere, FPR Inkotanyi izashyigikira itangazamakuru ry’umwuga.

Abajora ubuyobozi bw’u Rwanda bo bavuga ko budaha ubwisanzure itangazamakuru, ndetse ngo hari abaterwa ubwoba ntibakore batuje.

Abanyamakuru bo mu Rwanda bo bavuga ko bisanzuye, icyakora ko bakavuga ko amateka y’u Rwanda akomeye ku buryo itangazamakuru rigomba kwigengesera kugira ngo hatagira Umunyarwanda rikomeretsa.

Muri Minifesto ya FPR -Inkotanyi, handitsemo ko Umukandida wayo natorwa izakomeza guteza imbere imibereho myiza y’Abanyarwanda harimo n’iy’abanyamakuru.

Ahanditse ibyerekeye iterambere ry’itangazamaku, haranditse hati: ‘ Hazakomeza gushyigikira itangazamakuru ry’umwuga, ryubaka, rifite ibikorwa remezo bihagije, riteza imbere abarikorera kandi rigira uruhare mu iterambere ry’umuturage n’iry’u Rwanda muri rusange”.

Mu Rwanda haba itangazamakuru ryigenga n’irya Leta.

Iri tangazamakuru rifite urwego rw’abanyamakuru bigenzura rugamije kureba ko bakora kinyamwuga ni ukuvuga itangazamakuru ritabogama kandi rigamije kubaka.

TAGGED:AmatorafeaturedInkotanyiItangazamakuruRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Nyiragongo Iraca Amarenga Yo Kuruka
Next Article Gisupusupu Ati: Tora Ikipe Itsinda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?