Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibyo FPR Iteganyiriza Itangazamakuru 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Ibyo FPR Iteganyiriza Itangazamakuru 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 June 2024 10:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gitabo gikubiyemo imigabo n’imigambi FPR-Inkotanyi ifitiye Abanyarwanda nitorerwa ‘gukomeza’ kuyobora u Rwanda, hari uwo kuzubaka itangazamakuru riteza imbere urikora kandi rifite ibikorwa remezo bihagije.

Kuri paji ya 34 muri kiriya gitabo handitse ko mu myaka itanu iri imbere, FPR Inkotanyi izashyigikira itangazamakuru ry’umwuga.

Abajora ubuyobozi bw’u Rwanda bo bavuga ko budaha ubwisanzure itangazamakuru, ndetse ngo hari abaterwa ubwoba ntibakore batuje.

Abanyamakuru bo mu Rwanda bo bavuga ko bisanzuye, icyakora ko bakavuga ko amateka y’u Rwanda akomeye ku buryo itangazamakuru rigomba kwigengesera kugira ngo hatagira Umunyarwanda rikomeretsa.

Muri Minifesto ya FPR -Inkotanyi, handitsemo ko Umukandida wayo natorwa izakomeza guteza imbere imibereho myiza y’Abanyarwanda harimo n’iy’abanyamakuru.

Ahanditse ibyerekeye iterambere ry’itangazamaku, haranditse hati: ‘ Hazakomeza gushyigikira itangazamakuru ry’umwuga, ryubaka, rifite ibikorwa remezo bihagije, riteza imbere abarikorera kandi rigira uruhare mu iterambere ry’umuturage n’iry’u Rwanda muri rusange”.

Mu Rwanda haba itangazamakuru ryigenga n’irya Leta.

Iri tangazamakuru rifite urwego rw’abanyamakuru bigenzura rugamije kureba ko bakora kinyamwuga ni ukuvuga itangazamakuru ritabogama kandi rigamije kubaka.

TAGGED:AmatorafeaturedInkotanyiItangazamakuruRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Nyiragongo Iraca Amarenga Yo Kuruka
Next Article Gisupusupu Ati: Tora Ikipe Itsinda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Inzitizi Abo Muri DRC Babona Mu Kwambura FDLR Intwaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ingingo Z’Ingutu Zitegereje Trump Mu Kumvikanisha Hamas Na Israel 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abanya Israel Ba Mbere Batwawe Na Hamas Barekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Israel: Baritegura Kwakira Trump Nk’Umwami

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?