Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibyo Muri DRC Biri Gusubira Irudubi-Uhuru Kenyatta
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ibyo Muri DRC Biri Gusubira Irudubi-Uhuru Kenyatta

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 January 2023 11:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhuza hagati ya Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’imitwe iyirwanya Uhuru Kenyatta avuga ko umutekano wasubiye irudubi. M23 ikomeje kwigarurira ibice bitandukanye bw’u Burasirazuba bwa DRC.

M23 ni umwe mu mitwe yitwaje intwaro imaze iminsi yatsa umuriro ku butegetsi bwa DRC.

Amakuru aturuka muri biriya bice bivugwamo iriya ntambara, avuga ko abarwanyi ba M23 bongereye imbaraga mu mirwano ndetse ngo bigaruriye ibice bitandukanye birimo n’ahitwa Kitshanga.

Andi makuru avuga ko aba barwanyi bigaruririye umuhanda w’ingirakamaro uhuza ibice bitandukanye birimo n’ibigana muri Goma.

Ibi bivuze ko aba barwanyi bashobora kugera no mu Mujyi wa Goma baramutse babishatse.

Mu mwaka wa 2012 aba barwanyi bigeze gufata uriya mujyi ariko bawamburwa n’ingabo zitabajwe n’umuryango w’abibumbye, bamwe bahungira mu Rwanda abandi  bajya muri Uganda.

Ikigo cy’ubushakashatsi mu bibera mu Burasirazuba bwa DRC kitwa Kivu Security Tracker (KST), cyatangaje ko kuri uyu wa Gatatu abarwanyi ba M23 bari barimbanyije bagana muri Teritwari ya Masisi.

Umuhanda M23 yafunze ni uhuza Kitchanga na Masisi ariko ukaba ugana n’i Goma.

Polisi ikorera muri kiriya gice yabwiye AFP ko ‘koko’ abarwanyi ba M23 bafunze uriya muhanda kandi bari kuwukoresha kugira ngo babone uko bakomereza mu bice bifuza byose bikikije Masisi.

TAGGED:AbarwanyifeaturedKenyattaM23MasisiUhuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article BK Foundation: Ikigo Giharanira Imibereho Myiza Y’Abaturage
Next Article Abahishe Abayahudi N’Abatutsi Muri Jenoside Ni Abo Gushimwa- Serge Brammertz
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abahitanywe N’Inkongi Muri Hong Kong Biyongereye, Ikizere Ku Barokotse Cyakendereye

Uburundi Bwatangije Umushinga Wo Gukoresha Ubwenge Buhangano

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Hong Kong: Abishwe N’Inkongi Barakabakaba 100

Kuba Twahurira Washington Tukagira Ibyo Twemeranyaho Ni Ikintu Cyiza-Kagame

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

You Might Also Like

Amadini N'Iyobokamana

Papa Lewo XIV Yageze Muri Turikiya Mu Ruzinduko Rwa Mbere Mu Mahanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umubare W’Abahitanywe N’Inkongi Muri Hong Kong Wageze Ku Bantu 55

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

U Rwanda Rurakina Na Guinea Rushaka Tike Y’Igikombe Cy’Isi Muri Basketball

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Iseru: Indwara Iheruka Mu Rwanda Iravugwa i Masisi Na Rutshuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?