Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibyo Tshisekedi Yaganiriye Na Kamala Harris
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Ibyo Tshisekedi Yaganiriye Na Kamala Harris

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 February 2021 7:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa DRC yaraye agiranye ikiganiro na Visi Perezida wa Leta zunzwe ubumwe z’Amerika Madamu Kamala Harris. Baganiriye ku ngingo zirebana n’umutekano, icyorezo cya Ebola, na COVID-19.

Ikiganiro cy’aba banyacyubahiro cyamaze iminota 55.

Baganiriye kandi kuri politiki iherutse kuranga Repubulika ya Demukarasi ya Kongo  yaganishije ku ikurwaho rwa bamwe mu bayobozi bakuru barimo Perezida w’Inteko ishinga amategeko, uwa Sena na Minisitiri w’Intebe.

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cya DRC bivuga ko ari mu bayobora ibihugu by’Afurika ba mbere bagiranye ibiganiro n’ubuyobozi bushya bwa Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Kamala Harris yijeje ubutegetsi bwa DRC kuzabufasha mu muhati wabwo wo kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa kiriya gihugu kandi amwizeza ko Leta zunze ubumwe z’Amerika zizafasha mu rwego rw’ubuzima bw’abatuye kiriya gihugu.

Ingingo zireba Afurika yunze Ubumwe…

Visi Perezida wa USA Madamu Kamala Harris yabwiye Perezida Tshisekedi[uherutse kuba Perezida w’Umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe]ko  ubutegetsi bw’i Washington buhangayikishijwe na raporo iherutse gusohoka ivuga ko iyicwa ry’abatuye Tigray bishwe na Eritrea.

TAGGED:AmerikaDRCfeaturedKamalaTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hari Inyandiko Yabonywe ‘Ivuga Ku Mugambi’ Wo Gutoroka Kwa Rusesabagina
Next Article Mu Rwanda Ubutekamutwe Ku Madolari Buracyahari
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?