Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibyo Tshisekedi Yaganiriye Na Kamala Harris
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Ibyo Tshisekedi Yaganiriye Na Kamala Harris

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 February 2021 7:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa DRC yaraye agiranye ikiganiro na Visi Perezida wa Leta zunzwe ubumwe z’Amerika Madamu Kamala Harris. Baganiriye ku ngingo zirebana n’umutekano, icyorezo cya Ebola, na COVID-19.

Ikiganiro cy’aba banyacyubahiro cyamaze iminota 55.

Baganiriye kandi kuri politiki iherutse kuranga Repubulika ya Demukarasi ya Kongo  yaganishije ku ikurwaho rwa bamwe mu bayobozi bakuru barimo Perezida w’Inteko ishinga amategeko, uwa Sena na Minisitiri w’Intebe.

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cya DRC bivuga ko ari mu bayobora ibihugu by’Afurika ba mbere bagiranye ibiganiro n’ubuyobozi bushya bwa Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Kamala Harris yijeje ubutegetsi bwa DRC kuzabufasha mu muhati wabwo wo kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa kiriya gihugu kandi amwizeza ko Leta zunze ubumwe z’Amerika zizafasha mu rwego rw’ubuzima bw’abatuye kiriya gihugu.

Ingingo zireba Afurika yunze Ubumwe…

Visi Perezida wa USA Madamu Kamala Harris yabwiye Perezida Tshisekedi[uherutse kuba Perezida w’Umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe]ko  ubutegetsi bw’i Washington buhangayikishijwe na raporo iherutse gusohoka ivuga ko iyicwa ry’abatuye Tigray bishwe na Eritrea.

TAGGED:AmerikaDRCfeaturedKamalaTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hari Inyandiko Yabonywe ‘Ivuga Ku Mugambi’ Wo Gutoroka Kwa Rusesabagina
Next Article Mu Rwanda Ubutekamutwe Ku Madolari Buracyahari
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?