Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibyo Tshisekedi Yaganiriye Na Kamala Harris
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Ibyo Tshisekedi Yaganiriye Na Kamala Harris

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 February 2021 7:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa DRC yaraye agiranye ikiganiro na Visi Perezida wa Leta zunzwe ubumwe z’Amerika Madamu Kamala Harris. Baganiriye ku ngingo zirebana n’umutekano, icyorezo cya Ebola, na COVID-19.

Ikiganiro cy’aba banyacyubahiro cyamaze iminota 55.

Baganiriye kandi kuri politiki iherutse kuranga Repubulika ya Demukarasi ya Kongo  yaganishije ku ikurwaho rwa bamwe mu bayobozi bakuru barimo Perezida w’Inteko ishinga amategeko, uwa Sena na Minisitiri w’Intebe.

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cya DRC bivuga ko ari mu bayobora ibihugu by’Afurika ba mbere bagiranye ibiganiro n’ubuyobozi bushya bwa Leta zunze ubumwe z’Amerika.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kamala Harris yijeje ubutegetsi bwa DRC kuzabufasha mu muhati wabwo wo kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa kiriya gihugu kandi amwizeza ko Leta zunze ubumwe z’Amerika zizafasha mu rwego rw’ubuzima bw’abatuye kiriya gihugu.

Ingingo zireba Afurika yunze Ubumwe…

Visi Perezida wa USA Madamu Kamala Harris yabwiye Perezida Tshisekedi[uherutse kuba Perezida w’Umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe]ko  ubutegetsi bw’i Washington buhangayikishijwe na raporo iherutse gusohoka ivuga ko iyicwa ry’abatuye Tigray bishwe na Eritrea.

TAGGED:AmerikaDRCfeaturedKamalaTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hari Inyandiko Yabonywe ‘Ivuga Ku Mugambi’ Wo Gutoroka Kwa Rusesabagina
Next Article Mu Rwanda Ubutekamutwe Ku Madolari Buracyahari
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?