Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibyo U Rwanda Rwaciyemo Byarweretse Ko Amahoro Ari Ayo Kurindwa Cyane- Ugirashebuja
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Ibyo U Rwanda Rwaciyemo Byarweretse Ko Amahoro Ari Ayo Kurindwa Cyane- Ugirashebuja

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 December 2021 12:38 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abasirikare bo muri Sudani y’Epfo bamaze iminsi mu Rwanda mu ishuri rikuru rya gisirikare iri i Musanze bahugurwa uko barushaho gucunga umutekano iwabo.

Mu muhango wo gusoza amasomo bari bamazemo iminsi, Minisitiri w’ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta Dr Emmanuel Ugirashebuja yababwiye ko ‘yizeye’ ko bazashyira mu bikorwa ibyo bize.

Ugirashebuja ati: “ Ibyo u Rwanda rwaciyemo byarweretse ko amahoro ari ikintu cy’agaciro kanini kigomba kirindwa. Twabonye ko ubuyobozi bwiza, ubushake bwa politiki no kudatezuka, kubazwa inshingano no kudaheza ari ingenzi mu gutuma ubuyobozi bwiza buganza mu baturage. Ikindi cy’ingenzi ni uguhitamo neza kugira ngo ubone uko uhangane n’ibibazo igihugu gihura nabyo.”

Uwaje ayoboye itsinda ryaturutse muri Sudani y’Epfo witwa Martin Elia Lomuro yavuze ko hari isomo rigatika bavanye mu Rwanda.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ati: “ Hari ibyo twigiye ku Rwanda cyane cyane ibyerekeye kugarura amahoro mu gihugu kikiva mu ntambara.”

Avuga ko itsinda ayoboye nirigera muri Sudani y’Epfo rizashyira mu bikorwa ibyo ryize.

Intumwa zaturutse muri Sudani y’Epfo mu mahugurwa yabereye mu Rwanda

Ngo bazakora uko bashoboye bahurize hamwe imbaraga n’ibitekerezo kugira ngo bashakire hamwe umuti urambye w’ibibazo batewe n’intambara kiriya gihugu kimaze mo imyaka itari micye.

Umuyobozi w’Ikigo Rwanda Peace Academy Jill Rutaremera atanga ibihembo ku baje muri ariya mahugurwa
TAGGED:featuredSudaniUbutaberaUgirashebujaUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rugeze Ku Mukino Wa Nyuma Mu Irushanwa Rya Handball Ribera Muri Tanzania
Next Article U Burusiya Bwamaganye Abavuga Ko Bugiye Kurasa Ukraine
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Misa Ya Mbere Ya Papa Leo XIV Yasomewe Ku Mva Ya Papa Francis

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?