Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibyo U Rwanda Rwaciyemo Byarweretse Ko Amahoro Ari Ayo Kurindwa Cyane- Ugirashebuja
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Ibyo U Rwanda Rwaciyemo Byarweretse Ko Amahoro Ari Ayo Kurindwa Cyane- Ugirashebuja

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 December 2021 12:38 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abasirikare bo muri Sudani y’Epfo bamaze iminsi mu Rwanda mu ishuri rikuru rya gisirikare iri i Musanze bahugurwa uko barushaho gucunga umutekano iwabo.

Mu muhango wo gusoza amasomo bari bamazemo iminsi, Minisitiri w’ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta Dr Emmanuel Ugirashebuja yababwiye ko ‘yizeye’ ko bazashyira mu bikorwa ibyo bize.

Ugirashebuja ati: “ Ibyo u Rwanda rwaciyemo byarweretse ko amahoro ari ikintu cy’agaciro kanini kigomba kirindwa. Twabonye ko ubuyobozi bwiza, ubushake bwa politiki no kudatezuka, kubazwa inshingano no kudaheza ari ingenzi mu gutuma ubuyobozi bwiza buganza mu baturage. Ikindi cy’ingenzi ni uguhitamo neza kugira ngo ubone uko uhangane n’ibibazo igihugu gihura nabyo.”

Uwaje ayoboye itsinda ryaturutse muri Sudani y’Epfo witwa Martin Elia Lomuro yavuze ko hari isomo rigatika bavanye mu Rwanda.

Ati: “ Hari ibyo twigiye ku Rwanda cyane cyane ibyerekeye kugarura amahoro mu gihugu kikiva mu ntambara.”

Avuga ko itsinda ayoboye nirigera muri Sudani y’Epfo rizashyira mu bikorwa ibyo ryize.

Intumwa zaturutse muri Sudani y’Epfo mu mahugurwa yabereye mu Rwanda

Ngo bazakora uko bashoboye bahurize hamwe imbaraga n’ibitekerezo kugira ngo bashakire hamwe umuti urambye w’ibibazo batewe n’intambara kiriya gihugu kimaze mo imyaka itari micye.

Umuyobozi w’Ikigo Rwanda Peace Academy Jill Rutaremera atanga ibihembo ku baje muri ariya mahugurwa
TAGGED:featuredSudaniUbutaberaUgirashebujaUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rugeze Ku Mukino Wa Nyuma Mu Irushanwa Rya Handball Ribera Muri Tanzania
Next Article U Burusiya Bwamaganye Abavuga Ko Bugiye Kurasa Ukraine
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuba Twahurira Washington Tukagira Ibyo Twemeranyaho Ni Ikintu Cyiza-Kagame

Papa Lewo XIV Yageze Muri Turikiya Mu Ruzinduko Rwa Mbere Mu Mahanga

Umubare W’Abahitanywe N’Inkongi Muri Hong Kong Wageze Ku Bantu 55

U Rwanda Rurakina Na Guinea Rushaka Tike Y’Igikombe Cy’Isi Muri Basketball

Iseru: Indwara Iheruka Mu Rwanda Iravugwa i Masisi Na Rutshuru

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

Qatar Yasinyanye Na DRC Amasezerano Atandatu

You Might Also Like

Imikino

Ibyishimo Bya Kagame Kubera Intsinzi Ya Arsenal

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?