Mu Rwanda
Icyo Ambasade Y’u Bushinwa Ivuga Ku Gifungo Cyaherewe Umuturage Wabwo Mu Rwanda

Itangazo Ambasade y’u Bushinwa yahaye ubwanditsi bwa Taarifa rivuga ko iki igihugu buri gihe gisaba abaturage bacyo baba mu Rwanda gukurikiza amategeko agenda abarutuye.
Iri tangazo rivuga ko intego y’u Bushinwa ari uko umubano wabwo n’u Rwanda ukomeza kuba mwiza ku nyungu z’ibihugu byombi.

Itangazo rya Ambasade y’u Bushinwa ku kibazo cy’umuturage wabo wakatiwe imyaka 20 y’igifungo
Ku rundi ruhande ariko Ambasade y’u Bushinwa mu Rwanda ivuga ko ibyo umuturage wabo yakoze kigomba gucyemurwa ntawe urenganye.
Ubushinwa buvuga ko bwamenye iby’ikatirwa ry’uriya muturage wabo kandi ngo buzakomeza kubikurikirana.
Umushinwa Wakoreye Abanyarwanda Iyicarubozo Yakatiwe Gufungwa Imyaka 20