Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Icyumba Cy’Abakobwa Biga IPRC Kigali Cyahiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Icyumba Cy’Abakobwa Biga IPRC Kigali Cyahiye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 January 2023 1:22 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni inkongi ikomeye yafashe icyumba kibikwamo ibintu muri IPRC Kigali, ikongeza bimwe mu byumba abakobwa biga muri kiriya kigo bacumbitsemo. Umunyeshuri ukuriye abandi witwa Etienne Micomyiza yabwiye Taarifa ko ibiryamirwa, mudasobwa, telefoni, imyenda n’ibindi…biri mu byahiye.

Ashima ko Polisi yatabaye ikagira ibyo iramira.

Micomyiza ati: “ Ni byo habaye inkongi itwika matelas, n’ibindi bikoresho by’abanyeshuri ariko Polisi yayizimije.”

Avuga ko ku bw’amahirwe nta muntu wahakomerekeye cyangwa ngo ahasige ubuzima.

Abajijwe igikekwa ko cyaba cyateye iriya nkongi, umunyeshuri uyobora abandi Etienne Micomyiza yavuze ko bakeka ko ari intsinga zakoze circuit.

Ngo si ipasi yashyushye ngo ikongeze ikibatsi.

Ubuyobozi bwa Kaminuza bwaje guhumuriza abanyeshuri no kubabwira ko bubari hafi.

TAGGED:InkongiIPRCPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Polisi Y’u Rwanda Mu Mubano N’Iya Botswana
Next Article Rwanda: Hagiye Gutangizwa Igitaramo Cyo Kwishimira Ibigwi By’Abagacishijeho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Yabyariye Mu Modoka Y’Abagenzi Ijya Rubavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

U Rwanda Rugiye Kwikira Inama Y’Abayobora Amashuri Ya Gisirikare Muri Afurika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?